Amanota y’abasoje ayisumbuye aramenyekana kuri uyu wa kane

Minisiteri y’Uburezi (Mineduc), ibinyujije kuri Twitter, yatangaje ko amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye atangazwa kuri uyu wa kane tariki 21 Gashyantare 2018.

Abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye kuri uyu wa kane baramenya umusaruro wavuyemo
Abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye kuri uyu wa kane baramenya umusaruro wavuyemo

Ubu ni bwo butumwa Minisiteri y’Uburezi yanyujije kuri Twitter:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Kuki mutindije amanota yacu ese byaba byaratewe nabo bayobozi bariye ruswa ark ndumva twebwe tutabizira mrkze

Richard yanditse ku itariki ya: 19-02-2020  →  Musubize

mwatubwiye uko bareba amanota

twahirwa yanditse ku itariki ya: 21-02-2019  →  Musubize

yeah murakoze muturuhuye imitima gusa saambiri mwavuze zarenze kand ntayo mwari mwashyiraho gusa ariko turacyatereje twihanganye sawa mugubwe neza

japhet alba yanditse ku itariki ya: 21-02-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka