
Abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye kuri uyu wa kane baramenya umusaruro wavuyemo
Ubu ni bwo butumwa Minisiteri y’Uburezi yanyujije kuri Twitter:
Minisiteri y’Uburezi inejejwe no gutangaza ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ( General Education, TVET, TTC ) mu mwaka wa 2018 azashyirwa ahagaragara ejo, tariki 21/02/2019 saa mbili za mu gitondo ( 8am ) mu cyumba cy’inama cy’iyi Minisiteri / Kacyiru.
— Min Education Rwanda (@Rwanda_Edu) February 20, 2019
Ohereza igitekerezo
|
Kuki mutindije amanota yacu ese byaba byaratewe nabo bayobozi bariye ruswa ark ndumva twebwe tutabizira mrkze
mwatubwiye uko bareba amanota
yeah murakoze muturuhuye imitima gusa saambiri mwavuze zarenze kand ntayo mwari mwashyiraho gusa ariko turacyatereje twihanganye sawa mugubwe neza