Abanyeshuri baratangira gutaha kuri uyu wa Kane

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasohoye itangazo rigaragaza ingengabihe y’uko abanyeshuri biga bacumbikiwe bazajya mu biruhuko, aba mbere bakazataha kuri uyu wa Kane tariki 1 Nyakanga 2021, iryo tangazo rikaba rireba abanyeshuri batazakora ibizamini bya Leta.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Mbanje kubasuhuza, nagirango rwose nkuko mubiziko hari nabarezi kdi bataribake bagiye bakorera kure nimuzajya mushakira uburyo bwuko abana bataha nabo barezi mubatekerezeho kuko nabo baba bakeneye Kubona uko bagenda

Alias yanditse ku itariki ya: 30-06-2021  →  Musubize

Rwose birababaje kuba abana basoje imburagiye umwaka w’amashuli, ariko kuko abayobozi bacu baba barebye kure cyane twizeye cyane ko baba bazi igikwiye kurusha. Murakoze

Manirafasha jeanpierre yanditse ku itariki ya: 29-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka