Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Tchad: Inkongi yibasiye ububiko bw’intwaro, bamwe bahasiga ubuzima
Pasiteri Kayumba wageneye impano Kagame avuga iki ku kuba Umukristo yagaragara muri Politiki?
Gakenke: Ikamyo yagonganye na Coaster abagenzi 16 bajyanwa mu bitaro
Umuvugizi wa RDF yakiriye intumwa za Minisiteri ishinzwe iterambere ry’umugore muri Somalia