Yatowe mu matora yateguwe n’abagize uru rugaga yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Gashyantare 2018.

Robert Bapfakurera, umuyobozi mushya wa PSF
Aya matora yabaye nyuma y’andi azengurutse igihugu cyose uhereye ku rwego rw’utugari, imirenge, akarere, intara n’Umujyi wa Kigali.
Azaba yungirijwe kuri uyu mwanya na Gishoma Eric watorewe kuba Umuyobozi mukuru wungirije.
Ohereza igitekerezo
|
Ntimukandike izina rye nabi baryandika gutya ni: Bafakulera
Niko we abishaka ngo niko byanditse mu byangombwa bye byose. Murakoze