Itangazo ryashyizwe ahagaragara na MINICOM ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 31 Nzeri 2015, rivuga ko iri manuka ritewe ahanini n’imanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byashyizweho muri Nyakanga uyu mwaka, byari ku mafaranga y’u Rwanda 933 kuri litiro imwe kuri pompe mu Mujyi wa Kigali ni ukuvuga ko litiro igabanutse amafaranga y’u Rwanda 13.
NSHIMIYIMANA Leonard
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|