
Expo y’uyu mwaka yari ishyuhye nk’uko bisanzwe.
Iri murikagurishwa ryari rimaze ibyumweru bibiri ribera i Gikondo, ryitabiriwe n’abamurika bagera kuri 500 barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga.
Mu minsi ya nyuma hagiye hagaragara kugabanya ibiciro ku bicuruzwa byinshi kugira ngo abantu bafite amikoro make badacikanwa no kugura ibyo bifuzaga.
Iri murikagurisha kandi ryagaragayemo kongera ibikorerwa mu Rwanda ariko Guverinoma ikifuza ko ubuziranenge bwabyo bwakongerwa, byaba ngombwa Abanyarwanda bakarebera no ku bikorerwa ahandi.
Ohereza igitekerezo
|