Imibare yashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, tariki 15/12/2011, ivuga ko ibiryo n’ibinyobwa bidasindisha byari ku gipimo cya 35,38 mu bice by’umujyi, yazamutseho 9.15 mu kwezi kwa 11 umwaka washize, mu kwezi kwa 10 uyu mwaka bikaba byariyongereyeho 0,99.
Rwanda nirwo ruhagaze neza ku kibazo cyo guta agaciro k’ifaranga n’izamuka ry’ibiciro ugereranyije n’ibindi bihugu bigize aka karere nka Kenya, Uganda na Tanzania aho imibare ho yikubye kabiri.
Emmanuel N. Hitimana
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
amafaranga yurwanda uyavunje mumagande bihagaze bite
mujye muduha urutonde mukuvujisha nobindi bihugu ese ubundi ifaranga rita agaciro byajyenze gute? habuze iki,? ese abayobozi bakora iki ,,?,dugirago adata agaciro mutubgire ? murakoze cyanee ingoma rukira
Twifuzako mwajya mudutangariza uko amafaranga y’urwanda ahagaze buri kwezi kuko usanga amadorale azamuka cyane. Ikindi ese urwanda rwakira ama yuan ya 2005, zhongguo renmin yinhang. Umunsi mwiza.
ko mbona hari ivunjisha ryumwaka washize mwagiye mushyiraho irya burikwezi nuko 1$ UKO RIVUNJA KU MANYARWANDA KOBYABABYIZA