Muko: Inshoreke zibangamiye iterambere ry’ingo (AMAJWI)
Yanditswe na
Ishimwe Rugira Gisele
Abagore bo mu murenge wa Muko mu Karere ka Musanze bahangayikishijwe n’abagabo babaturaho abana babyaye ku nshoreke, bikavamo gusenya ingo zabo.
Mu nkuru yatambutse kuri KT Radio, aba bagore basaba ko inzego zibishinzwe zikwiye gushyiraho ingamba zikaze mu guhangana n’iki kibazo bavuga ko kibakomeyereye cyane. Ubuyobozi se bwo bukivugaho iki?
Ohereza igitekerezo
|
Ikibazo cyi nshyoreke giteye ikibazo sibanga pe ni #nyagatare mumurenge wa #gatunda bireze
Ku isi yose,Abagabo nyamwinshi baca inyuma abagore babo.Ikindi kandi,bahararuka vuba abagore babo.Ikibabaje nuko benshi babakubita,ndetse bamwe bakabica,cyangwa bakabata mu nzu.UMUTI rukumbi ni umwe:Nukumvira bible isaba abashakanye gukundana.Muli Itangiriro 2:24,imana isaba abashakanye kuba "umubiri umwe".Ababyubahiriza ni bake.Abagabo baca inyuma abagore babo mu rwego rwo kwishimisha.Ariko nukugira ubwenge buke,kubera ko abantu bose bakora ibyo imana itubuza,izabarimbura bose ku munsi w’imperuka nkuko bible ibivuga ahantu henshi.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo kandi ntuzazuke ku munsi w’imperuka.Bibabaza imana cyane kubona abantu benshi batunze bible,ariko bakanga gukora ibyo ivuga.Nyamara byabagirira inyungu.