Muko: Inshoreke zibangamiye iterambere ry’ingo (AMAJWI)

Abagore bo mu murenge wa Muko mu Karere ka Musanze bahangayikishijwe n’abagabo babaturaho abana babyaye ku nshoreke, bikavamo gusenya ingo zabo.

Mu nkuru yatambutse kuri KT Radio, aba bagore basaba ko inzego zibishinzwe zikwiye gushyiraho ingamba zikaze mu guhangana n’iki kibazo bavuga ko kibakomeyereye cyane. Ubuyobozi se bwo bukivugaho iki?

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ikibazo cyi nshyoreke giteye ikibazo sibanga pe ni #nyagatare mumurenge wa #gatunda bireze

Kwizera john yanditse ku itariki ya: 6-08-2018  →  Musubize

Ku isi yose,Abagabo nyamwinshi baca inyuma abagore babo.Ikindi kandi,bahararuka vuba abagore babo.Ikibabaje nuko benshi babakubita,ndetse bamwe bakabica,cyangwa bakabata mu nzu.UMUTI rukumbi ni umwe:Nukumvira bible isaba abashakanye gukundana.Muli Itangiriro 2:24,imana isaba abashakanye kuba "umubiri umwe".Ababyubahiriza ni bake.Abagabo baca inyuma abagore babo mu rwego rwo kwishimisha.Ariko nukugira ubwenge buke,kubera ko abantu bose bakora ibyo imana itubuza,izabarimbura bose ku munsi w’imperuka nkuko bible ibivuga ahantu henshi.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo kandi ntuzazuke ku munsi w’imperuka.Bibabaza imana cyane kubona abantu benshi batunze bible,ariko bakanga gukora ibyo ivuga.Nyamara byabagirira inyungu.

Mazina yanditse ku itariki ya: 6-08-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka