Hatangijwe ibikorwa bya Army week mu gihugu hose (Amafoto)
Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu turere dutandukanye tw’igihugu hatangijwe icyumweru cyahariwe ingabo z’igihugu, aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bitandukanye biganisha ku iterambere.
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba yatangaje ko ibikorwa byiswe "Army Week" bizabohora Abanyarwanda mu buryo butandukanye.
Yagize ati"Umwihariko w’iki gihe, ni uko twaguye ibikorwa bikaba byinshi kuruta ibyo twakoraga buri mwaka,urugamba rundi rutakiri urw’amasasu ni uru rwo kubohora Abanyarwanda ku bukene".
ibikorwa byinshi bizibanda ku buhinzi, kubaka ibikorwa remezo n’ubuvuzi.
Kigali
Muhanga
Kamonyi
Gisagara
Nyagatare
Bugesera
Kirehe
Gatsibo
Gakenke
Rubavu
Gicumbi
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
muraho nabazaga igihe bazakotera muri gasabo nanjye mfite rendezvous yokuzabagwa