Hatangijwe ibikorwa bya Army week mu gihugu hose (Amafoto)
Yanditswe na
KT Team
Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu turere dutandukanye tw’igihugu hatangijwe icyumweru cyahariwe ingabo z’igihugu, aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bitandukanye biganisha ku iterambere.

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba yatangaje ko ibikorwa byiswe "Army Week" bizabohora Abanyarwanda mu buryo butandukanye.
Yagize ati"Umwihariko w’iki gihe, ni uko twaguye ibikorwa bikaba byinshi kuruta ibyo twakoraga buri mwaka,urugamba rundi rutakiri urw’amasasu ni uru rwo kubohora Abanyarwanda ku bukene".
ibikorwa byinshi bizibanda ku buhinzi, kubaka ibikorwa remezo n’ubuvuzi.
Kigali




Muhanga




Kamonyi



Gisagara


Nyagatare


Gen James Kabarebe mu gikorwa cya Army week mu karere ka Nyagatare




Bugesera


Kirehe


Gatsibo


Gakenke


Rubavu





Gicumbi



Ohereza igitekerezo
|
muraho nabazaga igihe bazakotera muri gasabo nanjye mfite rendezvous yokuzabagwa