Burera : Kubaka Isoko ryambukiranya imipaka bigeze ku musozo
Yanditswe na
KT Editorial
Imirimo yo kubaka isoko ryambukiranya imipaka (Cross Border Market) riherereye mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika ku mupaka w’u Rwanda na Uganda, iragana ku musozo.

Isoko ryambukiranya imipaka ryo mu Burera riratahwa vuba
Iryo soko rizajya rihahirwamo n’abatuye mu Karere ka Burera ndetse n’abaturanyi babo,ndetse n’abaturage bo mu gihugu cya Uganda, bazajya baza guhaha cyangwa se kugira ibyo bagurisha mu Rwanda.
Dore mu mafoto aho imirimo yo kubaka iri soko igeze

Urirebera kure ubona risa niryuzuye

Isoko riri gukorerwa finissage ngo ritangire gukorerwamo kuri uru ruhande

Aha ni ahateganyirijwe abacuruzi bato hasigaje gusakarwa


Aha hateganyirijwe ikimoteri na ho bari kuhuzuza

Aha hateganyirijwe ububiko (Stock) y’iri soko

Ubwiherero bw’iri soko

Mu isoko imbere hasigayemo uturimo duke rigatangira gukorerwamo

Izi ni inzu z’ubucuruzi zagenewe abacuruzi banini



Uruzitiro rw’iri soko

Iryo soko ryegeranye n’umupaka w’u Rwanda na Uganda i Cyanika ku buryo iyo uririmo uba uhareba neza
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|