Amafoto:Tumwe mu duce twa Kigali mu myaka 12 ishize
Burya ngo, “utazi iyo ava, ntamenya iyo ajya”. Iyo ukebutse gato ukareba mu myaka 12 ishize, uko tumwe mu duce tw’umujyi wa Kigali twasaga, bikwereka imbaraga zakoreshejwe kugira ngo umujyi wa Kigali ugere ku iterambere rishimishije ugaragaza.

Ibi binagaragaza kandi ko hakenewe imbaraga nyinshi mu gusigasira iri terambere, ndetse no kurushaho kurigeza aho ritaragera, kugira ngo igihugu kirusheho gutera imbere.
Dore tumwe mu duce twa Kigali uko twari tumeze mu 2007, n’uko tumeze ubu:
Ahubatse Kigali Convention Center ubu





Sitade Amahoro muri 2007 no muri 2019


Sitade Regional Nyamirambo

Rond-Point yo mu mujyi


Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali - Kanombe




Ahahoze Top Tower Hotel na Imprimerie de Kigali

Ahahoze ikigo ORTPN ubu hubatse Ubumwe Grand Hotel


Ahubatse Pension Plaza ubu, uko hari hameze muri 2007


Ahubatse ibiro by’umujyi wa Kigali


Ahahoze inzu ndangamuco y’Ubufaransa

Ahahoze iposita na KBC



Inteko ishinga amategeko



Mu mujyi









Nyabugogo

Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali




Amafoto y’ubu yo ku rwibutso yafatiwe mu kirere



Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Ubu ntimutangare nimwumva bamwe baheruka u Rwanda kubwa kinani batangiye kugaya ngo twabasenyeye amazu!Rwanda songa mbele!
Ku batemera ibitangaza by’u Rwanda, ibi si ibitangaza koko? Imana ikomeze iruhe umugisha n’abayobozi barwo.
Turi kumwe na President wacu mu kubaka uRwanda, twifuza no kurukorera tutizigama, kugira ngo abazadukomokaho tuzabarage igihugu cyiza gitekanye kandi giteye imbere. Insha’Allahu
Merci Rutindukanamurego, we have been missing your touch