Amafoto:Tumwe mu duce twa Kigali mu myaka 12 ishize

Burya ngo, “utazi iyo ava, ntamenya iyo ajya”. Iyo ukebutse gato ukareba mu myaka 12 ishize, uko tumwe mu duce tw’umujyi wa Kigali twasaga, bikwereka imbaraga zakoreshejwe kugira ngo umujyi wa Kigali ugere ku iterambere rishimishije ugaragaza.

Ibi binagaragaza kandi ko hakenewe imbaraga nyinshi mu gusigasira iri terambere, ndetse no kurushaho kurigeza aho ritaragera, kugira ngo igihugu kirusheho gutera imbere.

Dore tumwe mu duce twa Kigali uko twari tumeze mu 2007, n’uko tumeze ubu:

Ahubatse Kigali Convention Center ubu

Sitade Amahoro muri 2007 no muri 2019

Sitade Amahoro muri 2007
Sitade Amahoro muri 2007
Sitade Amahoro muri 2019
Sitade Amahoro muri 2019

Sitade Regional Nyamirambo

Stade regional Nyamirambo 2007
Stade regional Nyamirambo 2007

Rond-Point yo mu mujyi

Rond-point yo mu mujyi 2019
Rond-point yo mu mujyi 2019

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali - Kanombe

Ikibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali - Kanombe muri 2007
Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali - Kanombe muri 2007
Ikibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali - Kanombe muri 2019
Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali - Kanombe muri 2019
Igishushanyo mbonera cy'ikibuga cy'indege cya Kigali - Kanombe mu minsi iri imbere
Igishushanyo mbonera cy’ikibuga cy’indege cya Kigali - Kanombe mu minsi iri imbere
Ikibuga cy'indege cya Kanombe, urebeye kure
Ikibuga cy’indege cya Kanombe, urebeye kure

Ahahoze Top Tower Hotel na Imprimerie de Kigali

Ahahoze ikigo ORTPN ubu hubatse Ubumwe Grand Hotel

Ubumwe Grand Hotel
Ubumwe Grand Hotel

Ahubatse Pension Plaza ubu, uko hari hameze muri 2007

Pension Plaza
Pension Plaza

Ahubatse ibiro by’umujyi wa Kigali

Ibiro by'umujyi wa Kigali
Ibiro by’umujyi wa Kigali

Ahahoze inzu ndangamuco y’Ubufaransa

Ahahoze iposita na KBC

Iyi nyubako y'umweru ni KBC nshya
Iyi nyubako y’umweru ni KBC nshya
Kigali Heights
Kigali Heights

Inteko ishinga amategeko

Inteko muir 2007
Inteko muir 2007
Inteko muri 2019
Inteko muri 2019
Kwa Rubangura
Kwa Rubangura

Mu mujyi

Mu mujyi muri 2007
Mu mujyi muri 2007
Makuza Peace Plaza
Makuza Peace Plaza
Munsi gato ya roind piont ahari Paroisse Sainte Famille
Munsi gato ya roind piont ahari Paroisse Sainte Famille

Nyabugogo

Nyabugogo
Nyabugogo

Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Urwibutso ni uko rwavuguruwe
Urwibutso ni uko rwavuguruwe
Mu rwibutso hongerewemo ahantu hakorerwa imikino ndetse n'ibiganiro bigamije kwibuka ( Amphitheatre)
Mu rwibutso hongerewemo ahantu hakorerwa imikino ndetse n’ibiganiro bigamije kwibuka ( Amphitheatre)
Inzira ijya kuri Amphitheatre ni uku imeze
Inzira ijya kuri Amphitheatre ni uku imeze

Amafoto y’ubu yo ku rwibutso yafatiwe mu kirere

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Ubu ntimutangare nimwumva bamwe baheruka u Rwanda kubwa kinani batangiye kugaya ngo twabasenyeye amazu!Rwanda songa mbele!

Kiki yanditse ku itariki ya: 20-11-2019  →  Musubize

Ku batemera ibitangaza by’u Rwanda, ibi si ibitangaza koko? Imana ikomeze iruhe umugisha n’abayobozi barwo.

Ndazaro Lazare yanditse ku itariki ya: 20-11-2019  →  Musubize

Turi kumwe na President wacu mu kubaka uRwanda, twifuza no kurukorera tutizigama, kugira ngo abazadukomokaho tuzabarage igihugu cyiza gitekanye kandi giteye imbere. Insha’Allahu

Ndagijimana Benjamin yanditse ku itariki ya: 19-11-2019  →  Musubize

Merci Rutindukanamurego, we have been missing your touch

Yannick yanditse ku itariki ya: 20-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka