• Menya impamvu BDF na BRD byahujwe

    Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza imbere imishinga (BDF) na Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere (BRD), bihuzwa hagamijwe gushyiraho urwego rukomeye ruzafasha guha agaciro abashoramari n’abacuruzi bo mu gihugu hose.



  • BNR

    Menya ibigo by’imari bigenzurwa na Banki Nkuru y’u Rwanda

    Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), ifite inshingano z’ibanze zo kugenzura Politi y’ifaranga, ni ukuvuga kubungabunga ifaranga ry’Igihugu, ariko kandi ikanagera ku rwego rw’imari, ni ukuvuga kugenzura imikorere y’ibigo by’imari, ibyo byose bigakorwa hagamijwe kurengera inyungu z’umuturage.



  • Perezida Paul Kagame n

    Dore umusaruro w’ikoreshwa rya ‘drones’ mu Rwanda kuva mu 2016

    Hashize imyaka icyenda (9) u Rwanda rutangiye gukoresha utudege tutagira abapilote tuzwi nka drones, mu kugeza byihuse amaraso n’inkingo ku bitaro n’ibigo nderabuzima hirya no hino mu turere, ariko zikanakoreshwa mu guteza imbere ubuhinzi, kandi umusaruro wazo mu nzego zombi ukaba ugaragara mu buryo bufatika.



  • Bahamya ko ikoranabuhanga ritanga akazi kenshi

    Urubyiruko rusanga imishinga y’ikoranabuhanga izarurinda ubushomeri

    Muri iki gihe abatuye u Rwanda n’Isi muri rusange bahanze amaso ikoranabuhanga kuko ritanga akazi, kakihuta kandi mu buryo butavunanye, urubyiruko na rwo ntirwatanzwe ayo mahirwe, cyane ko u Rwanda rukora ibishoboka ngo buri wese ikoranabuhanga rimugereho, rukumva kuryitabira bizarufasha kwihangira imirimo rugatandukana (…)



  • Abagannye ubwishingizi bw

    Ubwishingizi bw’ibihingwa n’amatungo bwafashije kuzamura umusaruro mbumbe w’Igihugu

    Ubwo yatangarizaga Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, ibikorwa bya Guverinoma ku byagezweho mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, ku wa Kane tariki 19 Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yashimye gahunda ya Leta yo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi muri gahunda y’ubwishingizi (…)



  • Nyuma ya Covid-19 u Rwanda rwazamuye ubukungu ku gipimo kiri hejuru - Dr. Edouard Ngirente

    Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yavuze ko n’ubwo icyorezo cya COVID-19 cyashegeshe ubukungu bw’Isi by’umwihariko Umugabane wa Afurika, ngo nyuma y’icyo cyorezo ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cyo hejuru kubera ingamba Leta yafashe.



  • Imirimo yo kubaka ikibuga cy

    Ikibuga cy’indege cya Bugesera kizatwara Miliyari 853,6Frw mu ngengo y’Imari 2025-2026

    Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, ubwo yamurikiraga Inteko Ishinga Amategeko ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025-2026, yavuze ko amafaranga azagenda ku mirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kirimo kubakwa mu Bugesera mu ngengo y’Imari ya 2025-26, angana na Miliyari 853,6Frw.



  • Impuguke mu bukungu zishyigikiye imisoro mishya ku bashoye bakunguka

    Kuri uyu wa 12 Kamena 2025 Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, irageza ku Nteko ishinga amategeko imitwe yombi, itegeko rishyiraho Ingengo y’Imari izakoreshwa umwaka wa 2025-2026.f



  • Umutekano w’ifaranga ry’u Rwanda urizewe - Guverineri Soraya

    Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, aratangaza ko umutekano w’amafaranga imbere n’inyuma y’Igihugu cy’u Rwanda uhagaze neza, kubera ubwirinzi bwa BNR, n’imikoranire y’inzego ku mutekano w’amafaranga.



  • Igice kininicy

    58.4% by’ingengo y’Imari ya Leta 2025-2026 azakomoka imbere mu gihugu

    Komisiyo y’Imari n’Umutungo bya Leta imurika Imbanzirizamushinga y’ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2025-2026, hamwe n’ingamba z’igihe giciriritse (MTEF2025/26-2027/28), yagaragaje uburyo amafaranga azakoreshwa muri iyi ngengo y’Imari, amenshi akazava imbere mu gihugu kuko angana na 58.4%.



  • Abanyarwanda n

    U Rwanda rugiye kwerekanira muri Zimbabwe ibyo rugezeho mu by’Imari

    Ihuriro ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda, AMIR, ku bufatanye na rigenzi ryaryo ryo muri Zimbabwe, ZAMFI, rigiye kwagurira ibikorwa by’Inama z’ibigo by’Imari muri icyo gihugu, mu rwego rwo gukurura abashoramari no kwerekanira muri Zimbabwe ibyo u Rwanda rukora.



  • Ikibuga cy

    Abasenateri ntibatewe ubwoba n’ak’i ’Muhana kaza imvura ihise’

    Inteko Rusange ya Sena isanga inkunga z’amahanga zahagaritswe ntacyo zizatwara u Rwanda, kuko imishinga minini igihugu cyimirije imbere izafasha kuziba icyuho.



  • Abagenerwabikorwa ba VUP bishimira ko byabafashije kwiteza imbere

    Abakoranye na VUP bahamya ko yabafashije kwiteza imbere

    Abafatanyabikorwa ba gahunda ya VUP bashimye uko inkunga yayo yahinduriye abagenerwabikorwa ubuzima mu Rwanda, ikabafasha mu bikorwa bitandukanye byatumye biteza imbere.



  • Minisitiri w

    MINISANTE izakoresha Miliyari 333.5Frw mu ngengo y’Imari 2025/2026

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangarije Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe Ingengo y’Imari n’umutungo, kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gicurasi 2025, ko Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) n’ibigo biyishamikiyeho bizakoresha ingengo y’imari ingana na 333,558,981,729Frw mu mwaka wa 2025-2026.



  • Munderere yabaye umworozi w

    Iwawa hamuhinduye rwiyemezamirimo, ibikorwa bye bihagaze Miliyoni 300Frw

    Munderere Viateur, wigeze gusarikwa n’ibiyobyabwenge kugeza ku rwego byamuviriyemo kujyanwa kugororwa mu Kigo cy’Igororamuco cya Iwawa, akigishwa amasomo harimo n’ajyanye n’umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi, ubu yabaye rwiyemezamirimo watanze akazi ku buryo abo mu gace k’aho akorera umushinga we, bamufata nk’icyitegererezo.



  • Abanyamigabane ba BK Group bishimira inyungu ibageraho

    Abanyamigabane ba BK Group Plc bishimira inyungu ibageraho kuko igenda yiyongera, bayikesha urwunguko icyo kigo kibona buri mwaka.



  • Ingurane mbere ya byose - Abadepite ku bijyanye no kubaka ibikorwa remezo

    Abagize Inteko Ishinga Amategeko barasaba ko ingengo y’imari yateganya amafaranga yo kwishyura abaturage bimurwa ku nyungu rusange, kuko bimaze kugaragara ko kwimurwa kwabo hari aho binyuranya n’itegeko ibyabo bikangizwa batarishyurwa.



  • Imodoka z’amashanyarazi zinjiye i Muhanga

    Minisiteri y’Ibikorwa Remezo MININFRA n’Abafatanyabikorwa bayo barimo Ikigo gutanga imodoka zikoresha amashanyarazi BasiGo, n’Ishyirahamwe ry’abatwara abantu mu modoka mu Rwanda RTA, batangije gahunda yo gutwara abagenzi mu modoka zikoresha amashanyarazi, ku muhanda Kigali-Muhanga-Nyanza-Huye, mu rwego rwo kubungabunga (…)



  • Ingengo y’Imari ya 2025/2026 izubaka Ikibuga cy’Indege cya Bugesera

    Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko (Imitwe yombi), imbanziriza mushinga w’Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025/2026 irenga miliyari 7032.5Frw, ikaba izavamo ayo kurangiza kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali kiri mu Bugesera.



  • Minisitiri w

    Ingengo y’Imari izagera kuri Miliyari 7,032.5Frw mu 2025/26

    Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Murangwa, ageza ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuri uyu wa Kane imbanzirizamushinga y’ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2025/2026 (Budget Framework Paper), hamwe n’ingamba zo mu gihe giciriritse 2025/2026-2027/2028, yatangaje ko amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu (…)



  • Biyemeje kwikura mu bukene

    Urubyiruko rufite ubumuga rurimo guhabwa amahugurwa azarukura mu bukene

    Rumwe mu rubyiruko rufite ubumuga rwibumbiye mu matsinda atandukanye hirya no hino mu Rwanda, ruri guhugurirwa gukora imishinga no gucunga amatsinda mato n’amakoperative binyuze mu mushinga ‘Turengere Abafite Ubumuga’, hagamijwe gukura urwo rubyiruko mu bukene.



  • Burera: Abashoramari ijana bategereje gutangira imishinga y’ubukerarugendo

    Ku wa 17 Mata, inzego zifite aho zihuriye n’ishyirwa mu bikorwa ry’imikoreshereze y’ ubutaka mu Karere ka Burera, zahuriye mu biganiro nyunguranabitekerezo, bigamije kurebera hamwe ibizibandwaho mu kunonosora igishushanyombonera, kugira ngo bagire amakuru yimbitse ashobora gufasha abaturage n’abashoramari kuzajya bagishyira (…)



  • Minisitiri w

    Dore aho Guverinoma ishingira ivuga ko abarenga Miliyoni 1.5 bavuye mu bukene

    Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirete, yameje kuri uyu wa 16 Mata 2025, Ubushakashatsi ku mibereho y’ingo(EICV7), bwakozwe n’Ikigo cy’Ibarurishamibare (NISR) ku nshuro ya karindwi muri 2023/2024, bukaba bwerekana ko abaturage barenga Miliyoni imwe n’ibihumbi 500 bavuye munsi y’umurongo w’ubukene mu myaka 7 ishize, ni (…)



  • Imbuga ya Mukeshimana iteyeho imboga yifashisha mu gutegura indyo yuzuye akanasagurira isoko

    Gisagara: Ahinga imboga mu mbuga zikamutunga agasagurira isoko

    Mu gihe hari abarya imboga ari uko baziguze, hakaba n’abazirya rimwe na rimwe kubera kunanirwa kuzihingira, Marie Chantal Mukeshimana utuye mu Murenge wa Nyanza mu Karere ka Gisagara, we azihinga mu mbuga ku buryo azirya uko abyifuza, agasagurira n’amasoko.



  • Uzabakiriho Gervais, umuhinzi mworozi ntangarugero wazamuwe na Girinka

    Uwagobotswe na Girinka yahindutse umworozi w’intangarugero

    Uzabakiriho Gervais utuye mu Murenge wa Shangasha mu Karere ka Gicumbi, avuga ko yahoze mu bukene bukabije, gahunda ya Girinka imugobotse ayibyaza umusaruro kugeza ubwo abaye umuhinzi mworozi w’intangarugero mu karere ka Gicumbi.



  • Ibikorerwa mu Rwanda byujuje ubuziranenge Leta ishaka bizajya bica mu ipiganwa hanyuma utsinze ahabwe isoko

    RPPA igiye gukurikiza Politiki y’amasoko ya Leta izazamura ibikorerwa mu Rwanda

    Ikigo gishinzwe gutanga amasoko ya Leta (RPPA) kigiye gutangira gukurikiza politiki nshya yo gutanga amasoko mu buryo burambye, nk’uko yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri mu Kwakira 2024.



  • Uwineza nta gahunda agifite yo kujya gutura mu mahanga

    Uwatekerezaga gukizwa no gutura mu mahanga yahinduye umuvuno

    Ku myaka 27, Shakila Uwineza yamaze gushinga uruganda rutunganya urusenda acuruza mu Rwanda, anatekereza kuzajya acuruza hanze yarwo. Byatumye ahindura imyumvire ku buryo atagitekereza gukizwa no kujya gutura mu mahanga, ahubwo no kujyanayo ibicuruzwa bye.



  • Polisi, Ingabo z’u Rwanda batangiye ibikorwa ngarukamwaka bishyira umuturage ku isonga

    Bimaze kumenyerwa ko ibikorwa bihuriweho n’inzego z’umutekano bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage ari ngarukamwaka, aho Ingabo z’u Rwanda (RDF) hamwe na Polisi y’Igihugu bafatanya gukora ibikorwa bitandukanye biteza imbere abaturage.



  • BK Foundation na GIZ biyemeje gufasha ba rwiyemezamirimo kubona inguzanyo ya Miliyoni 30Frw

    BK Foundation na GIZ biyemeje gufasha ba rwiyemezamirimo kubona inguzanyo ya Miliyoni 30

    BK Foundation ku bufatanye n’Ikigo cy’u Budage cy’Iterambere (GIZ), batangije umushinga uzafasha ba rwiyemezamirimo by’umwihariko urubyiruko, kubona inguzanyo igera kuri Miliyoni 30 Frw yishyurwa nta nyungu.



Izindi nkuru: