Uko igikorwa cyo Kwita izina cyitabiriwe mu MAFOTO
Kuri uyu wa gatanu tariki 2 Nzeri 2016, mu Karere ka Musanze habereye igikorwa cyo kwita izina abana b’ingagi 22.
Iki gikorwa ngarukamwaka kitabiriwe n’abantu batandukanye barimo n’abanyamahanga, baje kwirebera ubu bwoko bw’ingagi busigaye hake ku isi, kuko izo mu Rwanda zigize 35% by’ingagi z’imisozi ku isi.
Aya ni amwe mu mafoto twabahitiyemo agaragaza uko igikorwa kitabiriwe:

Ukuntu hari hateguye nabyo byari agashya.


Bakoze udusimba tuba muri Pariki y’Ibirunga mu migano.

Perezida Kgame na we yitabiriye ibi birori.


Aba ni bamwe mu bise amazina abana bavutse.

Bamwe mu bise amazina abana b’ingagi uyu mwaka.

Itsinda ry’abahanzi Nyarwanda "Urban Boys" naryo ryise umwana w’ingagi.


Abaturage bari baje kwihera ijisho igikorwa.

Ibendera ry’igihugu ryari ryazamuwe.

Francis Gatare, umuyobozi wa RDB avuga ku gikorwa cyo kwita izina.

Hari imikino itandukanye.

Bamwe mu banyamahanga banze gutangwa n’uyu muhango.

Belise Kaliza ukuriye ishami ry’ubukerarugendo muri RDB.

Kureba andi mafoto menshi yo Kwita izina kanda AHA
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
KUVA KWITA IZINA BYATANGIRA MURWANDA NIBWO BWAMBERE ABATUTAGE BITABIRIYE BENSHI .BAFITE NA MORAL NYINSHI KBS, TURASHIMA ABABIGIZEMO URUHARE BOSE NGO BIGENDE NEZA KURIYA
birashimishije cyane
nejejwe nuku arban boyz yisizina.