Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
mubyukuri turagirango mutubarize mukarere ka BURERA umuriro namazi aho byagiye, hari imidugudu yibyiotegererezo bavuzeko igomba kugeramo umuriro n’amazi ariko mumurenge wa GITOVU, ho wagirango ibyo ntibibareba nagato, ubu umuriro bawushize muri 200m kare gusa ibyo byaratuyobeye , mutubarize impamvu. murakoze
Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda
Kt Turabashimira Kubwa Makuru Mutugezaho Arayo Mu Rwanda No Hanze Yu Rwanda Aho Tutabasha Kwigerera Mwebwe Murahatugerera Turabibashimira Mugomeze Mudushacyire Amakuru Natwe Turabakunda Cyane Ubu Urushinge Rwa Radio Rwa Kwamiye 96.7 Ok Thanks You Yari Cloude Murakoze Gd By By
natwemurikagabi romuzatugezeho umuriro ningombwa kuko turawushaka murakoze
birababaje kuba igitsina gore gikomeje kwandagaza agaciro k’uburenganzira bw’ umwana ahotwakuye umwana umwana w’umunsumwe mubuga -gitara-kayo nza-rwamagana-EST yemwe nihakazwe umuco
Ndabashimacyane kubwibitekerezo byiza mukomeje kugeza kubanyarwnda ariko nange nasabaga inzegoza leta dufatanyije twese nkabanyakayonza ikibazo cyamazi n’okutagira umuriro giteye inkeke mumurenge wa kabarondo,akagali ka kabura birababaje kuba tumaze imyaka 19 ntagikorwanakime cyiterambere kuko byaragaraye ko aho umuriro ugeze ubukene burahunga
ndumva icyo cyaba igisubizo cyubukene bugaragara ahahantu
thx.
Turasaba ikigo gishizwe amazi n’amashanyarazi ko cyareba ahataragera urusinga cy itiyo ko batworohereza bikatugeraho tukabasha kuba ahantu hasusurutse nyamuna mubitugiremo.
KWIKA NINGOMBWA M,URWANDA
Muri za gare ya NYABUGOGO, MUSANZE mu RUHENGERI, gare ya RWAMAGANA, itabi ribangamiye abagenzi. Police yareba uko ihashya abanyweramo itabi kuko birakabije ugeramo ukabura aho uhumekera cyane cyane guhera saa kumnimwe 17h00’.
RWOSE UMUJYI WA KABARONDO URAKABIJE KU MWANDA NI UKUREBA UKO MUKEMURA ICYO KIBAZO KUGIRANGO UBUZIMA BW’ABATURAGE BUTAHAGENDERA.
ningombwa kwibuka abacu bazize uko bavutse twibuke twiyubaka
Yewe ntukuri kutibuka abarimu nikimwe nokwiyima pe kdi icyo mbona abayobozi batakibona kimwe ahaaaaaaa
turikukwe namwe mutekerezo
NDASHIMA RETA KUMUTEKANO MWIZA
Turashimira twivuye inyuma S/E wa Bugarama,kuko aragereranywa n’umushumba mwiza!But kuko ntawe usesa uwo acyota niyo mpamvu nta mwarimu wari bugire icyo avugira muruhame kumpamvu z’umutekano we ariko dushyize agatima impembero kdi mugumye kutuba hafi imihigo twayesa da!Iyo uza kare n’abarenganijwe ntibaba bararenganye,"Akabaye icwende ntikoga"nimukomeze mutube hafi!Go a head!
Munsuhurize Peresenda Wacu Ndamukunda Cyane Mumubwire Azadusura Ryari Nyamasheke
ubucamanza bwomukarere karere ka rulindo murukiko rwabyumba rwariganije umuryango wa gituku ,kabagarambe claver na rucibigango murubanza rwo kuburanira abana babiri bavukana kugirango babone umunani mumutungo wase nkabo aribo akayezu maria na musazawe urukiko rukemezako batagomba kubona umunani nkabandi bana ngo kuberako ibyasigaye byarazwe undi mwana witwa kamonyo alexes tukaba dukomeje kwibaza niba umurage uruta umunani mudukorere ubuvugizi aho ni mukagali ka sayo ,umudugudu wa cyasuli,umurenge wa buyuga ho muntara yamayjaruguru.
turabibutsa mwatubwiriye meya wa nyagatare na EWAS ko icuraburindi ritumereyenabi muka gaki ka RUTARE umuriro bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa RWEMPASHA nyamuneka nimutuvuganire wenda bazadushingire amapoto gusa tuzawikurira MURAKOZE!
ino i rusizi îbyiciro byubudehe bizasubirwamo ryari kubanyeshuri bazajya kwiga muri kaminuza?,
Ndabasuhuje cyane nabamenyeshaga ko ubutumwa twatanze kubibera kuri st paul muko bugarama rusizi bwatumye harigushakishwa identification hagenderewe kutugirira nabi,gusa twizere ko namwe muharanira inyungu zabaturarwanda numutekano wababagana(customer’s security)tkx kigali to day turabakunda
Turashimira urwego rw’umuvunyi kuruzinduko bagiriye mukarere ka Rusizi le16/04/2014,ariko amazi atararenga inkombe mudusabire mayor gukoresha igenzura ku ikoreshwa ry’umutungo n’imyitwarire idahwitse y’umuyobozi w’ikigo ivugwa murwunge rw’amashuli rwa st paul Muko:inyito y’imikoreshereze ya capitation grand,imisanzu yakwa Ababyeyi turerera kuri iri shuri.urugero 7000 byakwa buri munyeshuri uhiyandikishije wese yitwa aya compter,ayiswe aya cloture ubu ibyaho byose nugutekinika wagirango uravuze akagushyira blacklist ubu akoresheje umutungo w’ikigo agambiriye guhitana uwo ariwe wese utabariza muko!mudutabare byose hitawe kumutekano wuwabazwa ntawe utabibona.
Nje nasabaga kurebana ubushishozi kukibazo cyubunini bw’umuhanda wapimweuzaba ufite metero44zubugari;twe abaturiye uwomuhanda byaratuyobeye,twarumiwe kuko ntanumwe uzasigara adasenyewe;nkabaziko ubutaka bw’Rd aributo ndumva ziriyamwarimukwiye kugira icyo mubikoraho mumaguru mashya!MURAKOZE!