Umutaka ni ngombwa mu gihe cy’imvura

Ibitekerezo   ( 2 )

Bravo!!! nibyiza kutwibutsa umuco wo kubwira umuntu igihe hari icyo umukeneyeho, aho kugirango umwihureho anakwikange. Ariko nanone ntawakwishimira gusiga mugenzi we ari mukaga nk’iyo mvura!!wamusayidira.

Adrienne yanditse ku itariki ya: 18-11-2011  →  Musubize

Ubundi umuntu yagakwiye kumenya igihe n’ibihe agezemo, niba turi mu itumbacyangwa umuhindo; ikoti, umupira w’imbeho, umutaka... ni ngombwa cyane. Kubona umuntu asaba lifuti y’umutaka rero ni ingeso mbi twari dukwiye gucikaho. Cyangwa se tugahitamo kugama.

Veriano yanditse ku itariki ya: 15-11-2011  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.