Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
RIB yemeje ifungwa ry’abarimo Adolphe ’Camarade’ wari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zavuye abarenga magana abiri
Ibikomoka mu Rwanda byoherejwe mu mahanga byagabanutseho 12.5%
Mu gihe cyacu washoboraga kumara amezi, imyaka utarabona inshuti yawe – Madame Jeannette Kagame
Bravo!!! nibyiza kutwibutsa umuco wo kubwira umuntu igihe hari icyo umukeneyeho, aho kugirango umwihureho anakwikange. Ariko nanone ntawakwishimira gusiga mugenzi we ari mukaga nk’iyo mvura!!wamusayidira.
Ubundi umuntu yagakwiye kumenya igihe n’ibihe agezemo, niba turi mu itumbacyangwa umuhindo; ikoti, umupira w’imbeho, umutaka... ni ngombwa cyane. Kubona umuntu asaba lifuti y’umutaka rero ni ingeso mbi twari dukwiye gucikaho. Cyangwa se tugahitamo kugama.