Impungenge

Muri iyi minsi abashyingirwa benshi bakunze kuba bafite inda ndetse bamwe bakagira impungenge z’uko bashobora kubyarira mu nsengero.

Ibitekerezo   ( 7 )

tureke imikino kuko avance siyo ikubwira ko umukobwa azabyara. kandi burya iyo utarinze ubusore bwawe niyo umaze kurushinga ibintu birushaho kuba bibi.

NDABABAYE yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

Ibyo gutwita ni ’history’ umuco wogukuramo inda no ’kohera’nibyo byari bibi. Utwite akarongorana nanyirayo ntakibazo nagito. Ahubwo rero ni numugisha!

Gatare Peter yanditse ku itariki ya: 23-08-2013  →  Musubize

Sinarongora umukobwa utarampa! Biba byiza iyo yagusogongeje! Naho gutwita ntakibazo kikilimo! None se ko bisigaye ari umuco! Utazi ingumba akwa inkumi!!!!

kimasa yanditse ku itariki ya: 17-08-2013  →  Musubize

Muracyafuga gutwita mwebwe,kose avance zaciye ibintu kandi ikibitera nuko bamwe mubagiye kurushinga bahora barikumwe bityo bakisanga babikoze! ariko harigihe n’umukobwa ajya gusezera mubinshuti zindi yarafite bityo ko aba yizeye umugabo akayimugerekaho! Amatorero rero ajye yaka inyandiko yemeza ko umukobwa adatwite cyangwa ashake abaganga bayo babapima.

alias yanditse ku itariki ya: 16-08-2013  →  Musubize

Oya ntimukavange ibintu ama torero yakamenye igikwiye
uwazimiye aratahurwa ntabwo acibwa.Nonese aba kobaje
bakiyerekana.Harinabandibazikuramo nonese abonibobazima
tuge tumenya icyo Imana ishaka.

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 3-08-2013  →  Musubize

Oya, kuba umuntu atwite nta kibazo kirimo iyo afite imyaka yo gushyingirwa kandi n’uwayimuteye abyemera, kuko na leta muri icyo gihe irabasezeranya. Nta mpamvu nimwe rero abanyamadini bakwanga kubasezeranya kabone nubwo umubyeyi yabyarira kuri altari murusengero. Icyo leta yahaye umugisha n’amadini agomba kucyemera. Ariko bibaye bibashobokera bakobwa mwe namwe basore mwe ikiza cyane n’uko mwajya mwifata mugihe mutararushinga ntimukore imibonano mpuzabitsina, ubundi mukazatera akabariro mwarushinze. Cyakora nibibananira kwifata mujye mukoresha agakingirizo muburyo bwo kwirinda.

kibwana yanditse ku itariki ya: 25-07-2013  →  Musubize

njye mbona bajya babnza kubapimisha basanga atwite bakazamushyingira ymaze kubyara ,kuko nzi neza ko twese tuba mu nsengero cg mu madini mbere ko ushyingirwa hari ibyangombwa usabwa wemererwe gushyingirwa bajya babtuma nicyo muri CPN serivice ishinzwe gukurikirana niba umukobwa atwite.

Rujepa yanditse ku itariki ya: 24-07-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.