Muri iyi minsi abashyingirwa benshi bakunze kuba bafite inda ndetse bamwe bakagira impungenge z’uko bashobora kubyarira mu nsengero.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Muri iyi minsi abashyingirwa benshi bakunze kuba bafite inda ndetse bamwe bakagira impungenge z’uko bashobora kubyarira mu nsengero.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Umugore yamenesheje amagi agahanga k’umwana we bimuviramo icyaha
Ingurane mbere ya byose - Abadepite ku bijyanye no kubaka ibikorwa remezo
Umuhanda Kigali-Muhanga ntugikozwe mu ngengo y’Imari 2025-2026
Menya Papa Leo XIV watowe
tureke imikino kuko avance siyo ikubwira ko umukobwa azabyara. kandi burya iyo utarinze ubusore bwawe niyo umaze kurushinga ibintu birushaho kuba bibi.
Ibyo gutwita ni ’history’ umuco wogukuramo inda no ’kohera’nibyo byari bibi. Utwite akarongorana nanyirayo ntakibazo nagito. Ahubwo rero ni numugisha!
Sinarongora umukobwa utarampa! Biba byiza iyo yagusogongeje! Naho gutwita ntakibazo kikilimo! None se ko bisigaye ari umuco! Utazi ingumba akwa inkumi!!!!
Muracyafuga gutwita mwebwe,kose avance zaciye ibintu kandi ikibitera nuko bamwe mubagiye kurushinga bahora barikumwe bityo bakisanga babikoze! ariko harigihe n’umukobwa ajya gusezera mubinshuti zindi yarafite bityo ko aba yizeye umugabo akayimugerekaho! Amatorero rero ajye yaka inyandiko yemeza ko umukobwa adatwite cyangwa ashake abaganga bayo babapima.
Oya ntimukavange ibintu ama torero yakamenye igikwiye
uwazimiye aratahurwa ntabwo acibwa.Nonese aba kobaje
bakiyerekana.Harinabandibazikuramo nonese abonibobazima
tuge tumenya icyo Imana ishaka.
Oya, kuba umuntu atwite nta kibazo kirimo iyo afite imyaka yo gushyingirwa kandi n’uwayimuteye abyemera, kuko na leta muri icyo gihe irabasezeranya. Nta mpamvu nimwe rero abanyamadini bakwanga kubasezeranya kabone nubwo umubyeyi yabyarira kuri altari murusengero. Icyo leta yahaye umugisha n’amadini agomba kucyemera. Ariko bibaye bibashobokera bakobwa mwe namwe basore mwe ikiza cyane n’uko mwajya mwifata mugihe mutararushinga ntimukore imibonano mpuzabitsina, ubundi mukazatera akabariro mwarushinze. Cyakora nibibananira kwifata mujye mukoresha agakingirizo muburyo bwo kwirinda.
njye mbona bajya babnza kubapimisha basanga atwite bakazamushyingira ymaze kubyara ,kuko nzi neza ko twese tuba mu nsengero cg mu madini mbere ko ushyingirwa hari ibyangombwa usabwa wemererwe gushyingirwa bajya babtuma nicyo muri CPN serivice ishinzwe gukurikirana niba umukobwa atwite.