Ururimi ni ingorabahizi

Ururimi rw’icyongereza rukomeje kuba ingorabahizi ku baganga bamwe na bamwe.

Ibitekerezo   ( 7 )

ariko ko numva hari abihaye gushaka gutesha agaciro umwuga w’ubuvuzi,ni gute DOCTOR ashobora kuvura abatavuga,indembe zitumva,aba chinese,n’abandi hanyuma yabona uruyoya nkuru hunye akarwohereza mu surgical and injection service.Uwashushinije yikiniraga just a jock as well but some of u muri kwishyuhiriza imitwe musohora ibi bari mu muntekerezo.MAY JESUS BE WITH U

alias yanditse ku itariki ya: 29-06-2013  →  Musubize

MUGOMBA KWISUBIRA ABAKOBWA SIBYO

FIFI yanditse ku itariki ya: 28-06-2013  →  Musubize

NUKO BAGANYA UBURAYA

TERANI yanditse ku itariki ya: 28-06-2013  →  Musubize

ibi birarenze mba ndoga KIGELIWA KANGAHE!!!! ese minisitiri azi ikinyarwanda kingana iki n’abanyarwanda ayoboye? ibi ni IHONYORA kuko na ba nyoko bababyaye batazi icyongereza ariko muriho mwo ka....

umutoni yanditse ku itariki ya: 31-05-2013  →  Musubize

Ariko abanyarwanda tuzamenya koroherana ryari no guha agaciro ubumenyi dufite? Icyongereza kivuze iki mu kwivuza? Abanyarwanda batazi ikinyarwanda batuye mu Rwanda ni bangahe? Abajya kwivuza France, Belgium, German, Netherland, China , USA baba bavuga icyongereza kingana gute ngo babashe kuvurwa neza? Tugarutse I wacu , generations ziri muri service zo kwa muganga batize icyongereza ni bande ko amashuri yose mu Rwanda yigisha icyongengereza ?Nimworohere abantu bakore akazi kabo.Ubwo ni uburyo bwo gushaka kubatwara amafaranga ngo bahugurwe mu cyongereza cg ngo birukanwe ko batanze service mbi kubera lutumvikana mu rurimi.
Ndibwira ko bitazahumgabanya ubuvuzi bwacu na Ministiri atuyobora atavuga ikinyarwanda.
Niseguye kutakwakira neza igitekerezo cyanjye.

ANB yanditse ku itariki ya: 30-05-2013  →  Musubize

Nguko uko bitangira murabe maso ABAGANGA N’ABAFOROMO mwatewe. Niba hatangiye kuzamurwa ITIKU ngo ICYONGEREZA ni gike kwa muganga, ubwo ni ukugira ngo ba MWIYEMEZI bigize nk’abazungu kandi ari abanyarwanda, kongeraho ABAGANDA baza gushaka akazi mu Rwanda, bashakirwe imirimo mu bitaro n’amavuriro, maze RUBANDA rumwe (.......) rwamenyereye gukorerwa akarengane wrutangire kwirukanwa ngo ntibazi English. Nyabuna abakunda u RWANDA nimutabare AKARENGANE N’IHONYORA bikomeje guhabwa intebe mu RWANDA.

MWEUSI Dinosaure yanditse ku itariki ya: 30-05-2013  →  Musubize

ikibazo ni uko

polepole yanditse ku itariki ya: 29-05-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.