Ururimi rw’icyongereza rukomeje kuba ingorabahizi ku baganga bamwe na bamwe.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Ururimi rw’icyongereza rukomeje kuba ingorabahizi ku baganga bamwe na bamwe.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
U Rwanda rushobora kwakira abimukira bava muri Amerika
Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto
Rayon Sports turi indwanyi, uyu si umwanya wo gucika intege - Munyakazi Sadate
APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro 2025 itsindiye Rayon Sports muri Stade Amahoro ivuguruye(Amafoto)
ariko ko numva hari abihaye gushaka gutesha agaciro umwuga w’ubuvuzi,ni gute DOCTOR ashobora kuvura abatavuga,indembe zitumva,aba chinese,n’abandi hanyuma yabona uruyoya nkuru hunye akarwohereza mu surgical and injection service.Uwashushinije yikiniraga just a jock as well but some of u muri kwishyuhiriza imitwe musohora ibi bari mu muntekerezo.MAY JESUS BE WITH U
MUGOMBA KWISUBIRA ABAKOBWA SIBYO
NUKO BAGANYA UBURAYA
ibi birarenze mba ndoga KIGELIWA KANGAHE!!!! ese minisitiri azi ikinyarwanda kingana iki n’abanyarwanda ayoboye? ibi ni IHONYORA kuko na ba nyoko bababyaye batazi icyongereza ariko muriho mwo ka....
Ariko abanyarwanda tuzamenya koroherana ryari no guha agaciro ubumenyi dufite? Icyongereza kivuze iki mu kwivuza? Abanyarwanda batazi ikinyarwanda batuye mu Rwanda ni bangahe? Abajya kwivuza France, Belgium, German, Netherland, China , USA baba bavuga icyongereza kingana gute ngo babashe kuvurwa neza? Tugarutse I wacu , generations ziri muri service zo kwa muganga batize icyongereza ni bande ko amashuri yose mu Rwanda yigisha icyongengereza ?Nimworohere abantu bakore akazi kabo.Ubwo ni uburyo bwo gushaka kubatwara amafaranga ngo bahugurwe mu cyongereza cg ngo birukanwe ko batanze service mbi kubera lutumvikana mu rurimi.
Ndibwira ko bitazahumgabanya ubuvuzi bwacu na Ministiri atuyobora atavuga ikinyarwanda.
Niseguye kutakwakira neza igitekerezo cyanjye.
Nguko uko bitangira murabe maso ABAGANGA N’ABAFOROMO mwatewe. Niba hatangiye kuzamurwa ITIKU ngo ICYONGEREZA ni gike kwa muganga, ubwo ni ukugira ngo ba MWIYEMEZI bigize nk’abazungu kandi ari abanyarwanda, kongeraho ABAGANDA baza gushaka akazi mu Rwanda, bashakirwe imirimo mu bitaro n’amavuriro, maze RUBANDA rumwe (.......) rwamenyereye gukorerwa akarengane wrutangire kwirukanwa ngo ntibazi English. Nyabuna abakunda u RWANDA nimutabare AKARENGANE N’IHONYORA bikomeje guhabwa intebe mu RWANDA.
ikibazo ni uko