Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Abarokotse Jenoside bo ku Mugina barasaba ko hakubakwa Urwibutso
Ntimucikwe n’ikiganiro ‘EdTech’ kigaruka ku ikoranabuhanga mu burezi
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Malaysia
Kigali: Imvura yaguye yahitanye abantu 2 isenya n’inzu
aka n’akateye
Erega umuntu yamba uko ushaka. Umuco uriho ntamuntu utabizi keretse utarakuriye mu Rwanda ubwo rero iyo umuntu atannye aba yabitekerejeho ntibiba byamucitse plz ahubwo ntimukabyiteho buriwese aba azi ibye kandi nta mwana ubyambara byambarwa nabantu bakuu nukuvuga ko baba baitekerejeho. JUst live your life and never mind about people ndumva ari yo solutions naho ubundi cyeretse ufashe igiti ukajya ubakubita.
vision nayo izarikora, ubundi ubusanzwe umuntu yigana ibyiza biriya rero ntabwiza mbibonamo, umuco waracitse pe
Erega mujye mureka abantu bambare uko babyumva maze gusa abareba mwoye kubiha agaciro muzarebe ko abantu batongera bagafata umuco.
Ikibazo cy’imyabarire ni umuco, iyo abantu batangiye kwambara ubusa kandi mumuco wabo bazi ko batambara ubusa, ubwo baba batannye nyine.
Dukwiye kwiga kubaha umuco wacu nyarwanda!
Buriya Bavuga Ko Nyine Bari Muri Vision! Ahaaa!
Imyambarire Y’ubu iteye ubwoba pe!