Dore ukuntu abakobwa badutuburira

Ibitekerezo   ( 11 )

hahaa, buriya uko umuntu atarya ibitoki undi ugasanga atarya ibijumba ninako batandukanye kubijyanye no mugukunda abagore bafite amabuno cg. bataya fite, nink’uko usanga abagabo bamwe bakunda abagore banyara cyane iyo barimo gukora imibonano ariko hari nabandi batabikunda kuburyo atangiye imibonano umugore akamunyarira bashobora no kubipfa kandi uwo mugore arenganaaa!
ikibazo ni kuki witeraho amabuno kadi Imana ijya kukurema yarayakwimye ikayaha uriya!!!??

bashiki bacu Bapinga Imana ubu bugeze kugipimo cyohejuru kuburyo bigaragara, niba koko Imana ibaho kdi ikaba iyobora izabahana

alias yanditse ku itariki ya: 6-10-2016  →  Musubize

MUJYE MUMENYA KWENTERIPURETA AMASHUSHO, ASHATSE KUVUGA KO ABAKOBWA BAMBARA AMAKARISO ATUBURA IKIBUNO, UMUSORE AKAMUKUNDA AGIRANGO AFITE AMA TAILLE, WA MUSORE YAMUGWA GITUMO YAKUYEMO CYA KIBUNO (IKARISO)UMUSORE AGAHITA ABURA CYA KIBUNO NYAMUKOBWA YARI AFITE AHUBWO AKAMUSANGANA AKABUNO KAMEZE NK’AKUMUSHOFERI W’IKAMYO.BAKOBWA, PLEASE, IBI BYAGIYE BISENYA INGO Z’ABAKIRI ABAGENI.

umusomyi sarah yanditse ku itariki ya: 21-09-2016  →  Musubize

UBAWIGEMUYE UKAVUGA NGO WATUBURIWE?

FRED yanditse ku itariki ya: 17-09-2016  →  Musubize

Nonese haruwo bakora mumufuka ikiryabarezi kirya ukizaniye.

Hubert yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

Gloria na Kibwa umenya bafite udupasi pe!
Ko numva akajinya kabishe kubera abahungu bikundira amannyo?!

xxx yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

Babatuburira iki muba murikugura se ubwo?

Gloria yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

Afite Inyama Tadaweee!!

murwanyamugamba yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

njye mbona ntakamaro k’ibibuno cyeretse ubaye ura amabyi nibwo wabiha agaciro

Magunzu yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

eeeee! mbega umwana munda ni zero taye nihatari kbx,ewan uriya yakurya ugasigara utagira n’urwar rwo kwishm.

Ntwali Saad yanditse ku itariki ya: 7-09-2016  →  Musubize

Ahhhaaaaa muriyi minsi byo baratuvunaguye da

Moses yanditse ku itariki ya: 7-09-2016  →  Musubize

Ese babatuburira iki?muba mwitezemo uwuhe musaruro?

Kibwa yanditse ku itariki ya: 7-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.