Uko niko unyakira?

Bamwe mu bagabo iyo bageze mu rugo, abadamu ntakindi bakora usibye kureba muri telephone ba kontorola ngo barebe gahunda zose umugabo yakoze.

Ibitekerezo   ( 6 )

Uriya mugore azi icyo gukora muri beto

A Square yanditse ku itariki ya: 18-07-2012  →  Musubize

mujye mugura telefone zibasha gushyiramo code kugirango atabasha kureba kuko nawe bimuha amahoro.

ffffffff yanditse ku itariki ya: 18-07-2012  →  Musubize

erega abagabo bubu ntawabashira amakenga!nanjye rwose ngomba kubanza nka kontorora neza ndetse nabo yitaba nkabanza kubumva!ingo zikigihe ntizoroshye!

goreti yanditse ku itariki ya: 10-07-2012  →  Musubize

hahaha ubundi se murabona aribintu apel en absence zero,entrant zero????????uwange we ntana mazina ajya yandika kuri numero ngo zose azifata mumutwe mama we.abagabo ahaaaaaaa

kessi yanditse ku itariki ya: 10-07-2012  →  Musubize

ariko mwagiye mureka kubesyera abagore koko

yanditse ku itariki ya: 9-07-2012  →  Musubize

uziko nanjye umugore wanjye ariko abigenza!!ubu njya kwitaba umuntu nkashyira muri haut parleur!byarakomeye!

yanditse ku itariki ya: 9-07-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.