Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Komisiyo Perezida Kagame ayoboye izarwanya icyuho cyazanwa na AI mu batuye isi
I Banjul muri Gambiya, Minisitiri Murangwa yatanze inama ku micungire myiza y’amadeni muri Afurika
Icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside kigenda kiyongera mu bana bavutse nyuma ya Jenoside - Raporo y’Abadepite
Dr. Eugène Rwamucyo yibwira ko urubanza rwe ruri mu nyungu za Politiki
Ruswa yaracitse Rwose muri Police, cyangwa irimo cucika ku buryo bugaragara, turabizi Polisi yarayihagurukiye,Ntihashobora gushira n’icyumweru Polisi itagaragaje abantu yafashe bagerageza guha Abapolisin ruswa mu mirimo yabo bakora buri munsi. abantu rero nabagira inama yo kuva ku ka Cyera bakareka gutanga cyangwa Kwakira Ruswa!turashima kandi uburyo bw’ikoranabuhanga Polisi yashyizeho byo kwishyura Conterivansiyo ako kanya, aho umupolisi atagira aho ahurira n’amafaranga. Ibyo nabyo bizatuma ruswa yo mu muhanda icika burundu.