Iyi si bizinesi ni nko kwihamba uri muzima

Hari abacukura amabuye y’agaciro bisa nkaho bishyingura.

Ibitekerezo   ( 4 )

ntaho rutaba amatangazo yo kubika yose baba bazize ibisimu abagwa mumamodoka bo si abantu ntawe urusimbuka rwamubonye gusa nukwihangana

wellars yanditse ku itariki ya: 17-07-2015  →  Musubize

Abo Bantu Bakora akazi ko Kwiyahura Nibasigeho Kuko Imirimo Iriho.Amagara Araseseka Ntayorwa!?!!!!

NIYONKURU Emmanuel yanditse ku itariki ya: 17-07-2015  →  Musubize

kabisa akantazi katuma umuntu abura ubuzima bashake akandikazi

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2015  →  Musubize

ibi biba ari nko kwiyahura pe !?

kanuma yanditse ku itariki ya: 16-07-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.