Muri iyi minsi igikoma kiboneka hamwe nahamwe kubera izamuka ry’igiciro cy’isukari.
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Muri iyi minsi igikoma kiboneka hamwe nahamwe kubera izamuka ry’igiciro cy’isukari.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
#Kwibohora30: Abasirikare barinda umutekano w’Umukuru w’Igihugu begukanye igikombe (Amafoto)
Huye: Ububiko bw’ibicuruzwa bwahiriyemo ibifite agaciro ka Miliyoni 70 Frw
Musanze: Abahize abandi mu irushanwa ry’abatwara abagenzi ku magare biyemeje guhesha agaciro umwuga wabo
Ahinga dodo ku buryo igiti kimwe cyatunga umuryango
Ariko abantu nka mushyitsi bava he koko? sasa wowe wumva ko abantu bose mwaera kimwe, jye ndi wowe nareba igitera isukari guhenda yewe nkanita kuri msg cartoon iri gutanga aho guta umwanya kubyashushanyijwe ubona iyo uvuga ko kigalitoday ikoresha ama dessin yo ku gihe? umva wangu twe abana bacu igikoma baracyibagiwe kuko ubuzima buri hanze ha bwatugoye cyane, ibiciro biri hejuru s’isukali gusa, jye ndabona leta yagakwiye gutekereza kukuntu yagira ibicuruzwa bivanwaho imisoro ibindi bikagabanyirizwa hakagira nibindi bizamuka, rubanda rwo hasi turapfuye sukubabeshya.
sinjya ntanga comment ariko nsomye ibyo bagenzi banjye banditse numva nagira icyo mbivugaho,
mushyitsi nemeranya nawe igice gito kuko abantu twese iyo bavuze isukari uhita utekereza icyayi nigikoma ushobora kukinywa ntasukari irimo ariko nanone ukakinnywa irimo.aho ntemerannywa nawe nuko utagomba guca intege umuntu ahubwo ukamutera courage ahari ikosa ukahakosora.tubereyeho gufatanya kubaka societe kugirango dutere imbere ntitubereyeho gusenya no guca intege kubakoze igikorwa cyane cyane nkibi bisaba gutekereza cyane.amahoro kuri mwese.
ariko kuki mukunda amatiku?mushyitsi icyo utumvishe hano ni iki?ngaho rero uzage ku gihe hano ureke kuhasoma maze urebe ko twe tuzi ibijyambere ko tutayisoma!ndi umukozi mu karere ariko ntibwira ntasomye kigalitoday!kuko igira amakuru asesenguye arimo ubuhanga apana bimwe byanyu byo ku gihe bita byacitse!courage!
mwaramutse!njyewe murugo mfite abana babiri ariko iyo babuze isukali mu gikoma induru ziravuga.sinibaza rero impamvu wowe mushyitsi u8vuga ko iyo isukari yabuze ibintu bishobora kugenda neza.iyo wamenyereje umwana isukari hakaba impinduka ikabura ibibazo biravuka ntabwo bigenda nkuko bisanzwe naho ibyo gukopera byo ntabyo mbona ubwo ufite iyo ubikura.big up kigali today
Uyu mushushanyi wanyu ni fake! Ajye akopera umwe wo ku gihe.com! none se kuba isukari ihneda bisobanura ko igikoma kitanyobwa? Ntiwigeze wiga mu ishuri aho batanga igikoma kitarimo isukari mukiyaranja, hari icyo bigeze bamena se? Ubundi kunywa igikoma si ngombwa isukari, ushobora no kukinywera aho, cyangwa ugashyiramo umunyu!!