Rimwe na rimwe muri iyi minsi abakobwa bakunze kubera ibirangaza abagabo.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Rimwe na rimwe muri iyi minsi abakobwa bakunze kubera ibirangaza abagabo.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Idini yacu yemera urugamba rwo kurwanya akarengane - Sheikh Sindayigaya Musa
Hadji, Bugingo, Ngabonziza, na Adolphe berekanywe nk’abakinnyi bashya ba APR FC (Amafoto)
Dore ibikoresho byo kumva umuziki byavuye ku isoko
Nyaruguru: Hakenewe asaga Miliyari ebyiri zo kubakira abatishoboye
ibikorwa bibi bifite inkomoko,kuko abayoborwa n’umwuka nibo bana b;IMANA.bityo rero muzabamenyera ku mbuto zabo.Bible iti’’nimusange amategeko y’IMANA nibiyahamya kandi nimutavuga ibihwanye niryo jambo nta museke uzabatambikira’’ UWITEKA ATI’’NIMUNGARUKIRE NDABAGARUKIRA KANDI NZABASUKAHO UMUGISHA MUBURE AHO MUWUKWIZA’’
Dore ingoma abakaraza nababwira iki ariko muvuga mutyo ko ntajya mbabona mwandangiye ndarifite kabisa
Yemwe abakobwa bahiye bariho (sukari mama)ndetse n’abasore bafite amafaranga bariho (sukari papa). Yewe utekereza bigushuka ngo wemere. Batere umugongo ndetse woye kubarangarira. Yewe munyeshuri we ikomereze ishuli kandi wige neza amasomo yawe, niyo azakugirira akamaro. Yewe nkumi, yewe musore, yewe mugore, yewe mugabo, musaza mukecuru hunga icyo kibi, maze witunganyirize U.D.P.R.S yawe ya 2 maze urebe ngo urabona ibyiza kakahava.
ikibazo nuko ayo matako ari ayo baba baguze bakabyambara nuko abagabo bakirirwa barwaye urukebu!!!
mbega igisusu kibi!umuntu yaterekaho akabido pe!!!yambaye neza ariko gucya ntabyo kabisa!!!no mumaso nta kigenda, ndabona visage ye ifite forme ya 3!!!
mureke abashoboye barye abana isi numubeya