Hano ntabwo twinginga

Bamwe mu bacuruzi batandukanye ntibakira ababagana uko bikwiye.

Ibitekerezo   ( 3 )

Hano wagirango ni muri Alimentation yo kwa Mathias i Masaka hari abakobwa basuzugura nk’uno maze ngo ugiyeyo uri umukecuru cg se umusaza!!!! sinakubwira muzigireyo murebe.

m yanditse ku itariki ya: 19-10-2012  →  Musubize

Abagore baragowe kandi ari uburenganzira bwabo gucunga abagabo babo, moindre erreur bizitwa ko umugore atazi kumania umugabo we none se namwe nimumbwire Appels en Absence 0, Dialed number 0, Appels recus 0, aba yazisibye giswa zose zikavamo, ntanzasige izo kubeshya beshya ko hari icyo telefone yakoze uwo munsi, hari mo akabazo ku bagabo,noneho terefone iba imuvunira ubusa kuko nta wamuterefonnye nta wamubuze igihe yamuhamagaraga nta n’uwo yaterefonnye,mbega baba bikeka iki abagabo?

umuhoza zalina yanditse ku itariki ya: 13-07-2012  →  Musubize

Umusaza ubaza afite iriya poster wamusubiza gute koko??!!

CLAUDE yanditse ku itariki ya: 26-06-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.