Bamwe mu rubyiruko mu mugi wa kigali ni imbata z’ibiyobyabwenge

Ibiyobyabwenge bikomeje kuba inzitizi mu iterambere ry’urubyiruko cyane ko abenshi bafata ibifite ubukana ndetse iyo ubinywa abibuze arushaho kumererwa nabi, bityo bagahora bumva ko ari nk’umuti ubavura. “KWIRINDA BIRUTA KWIVUZA, KANDI INGENDO YUNDI IRAVUNA”

Ibitekerezo   ( 1 )

nge mbona abo babifashe cyane bakwiye kureverwa ikigo bashyirwamo noneho abobabaye imbata yabyo bakabashakira ubutabazi bwibanze nge niko byumva

mazimpaka j.dedieu bosczo yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.