ABA BAMEYA KO BARI KWEGURA UMUSUBIZO!?

Ibitekerezo   ( 4 )

Bira 2babaza cyane reta yacu yidutekerereza ibyiza abanyagwa aho batabi2gejejeho bakamira wajya kwivuza ntamiti dufite jya farumasi biratubabaza cyane nibafungwe ariko sinana barenganya ntanutayarya bayagizemeshi erega yomuya gumisha kugihumbi wenda byari kubatera isoni zo kuyamira ok

Aris yanditse ku itariki ya: 9-01-2015  →  Musubize

Uwa Gatsibo we ari he se?

kamali yanditse ku itariki ya: 9-01-2015  →  Musubize

uwahoze ari mayor wa Karongi, Kayumba Bernard nawe amaze gutabwa muri yombi mu mwanya ushize.

Ruhago KAyiranga yanditse ku itariki ya: 9-01-2015  →  Musubize

nabandi barebereho .turambiwe ibipindi(ibinyoma) by`abamayors.uzi guhora utegekwa guhimba amadone kand ufite ayawe wabonye yanakuvunnye .ntaho twerekeza rwose

alias yanditse ku itariki ya: 9-01-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.