
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Burkina Faso yatangiye gufatira ibirombe bya zahabu by’abanyamahanga
APR FC itsinze Police FC igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Tugomba guharanira kwiyubaka - Minisitiri Sebahizi
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
Jye Numva Icyangombwa Aruko Muba Mukundana Byukuri. Naho Kubakira Kwa Sobukwe Ntakibazo Bitewe Nuburyo Mubana.
uyu niwe mukwe bishimira? jye siko mbibona icyo nakwishimira nuko abana bakundana bakubaka neza bakabana mumahoro, mwisebya ababyeyi ntago icyo tureba cyambere kubana bagiye kubana ari ibintu ni urukundo, ubupfura n’ubumuntu.
Abakobwa baragowe, ariko mwaduhaye agaciro, iteka ni abakobwa gusa bagaragaza ko bakunda ibintu, naho abasore se bo ntibabikunda? aho usanga iteka bikanga ko ubakunze akurikiye ibintu rimwe na rimwe ugasanga ntanibihali, wowe uhora wikanga ko bagukurikiyeho ibintu niwowe ubikunda kurusha abantu bose, nimujye muha bashiki banyu agaciro, nabo bafite imbaraga zo gukora.
ibi muvuga murabizi? kubakira kwasobukwe ntakibazo kirimo, ko wakubakira abandi se, hanyuma umuntu akumva atakubakira kwa sebukwe bagatura heza.
abakobwa byo basigaye badukura bagakabya!
Ariko ntabwo umugabo yakubakira iwanyu kuko ubimubwiye, ahubwo wareka akibwiriza abishatse, kuko niyo yabubakira nubundi sikiguzi ngo arakuguze, kuko ntaca gura umuntu. ikingenzi nuko mwaba mukundana by’ukuri.