Umukwe ababyeyi bishimira

Ibitekerezo   ( 6 )

Jye Numva Icyangombwa Aruko Muba Mukundana Byukuri. Naho Kubakira Kwa Sobukwe Ntakibazo Bitewe Nuburyo Mubana.

Muhirwa Placide yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

uyu niwe mukwe bishimira? jye siko mbibona icyo nakwishimira nuko abana bakundana bakubaka neza bakabana mumahoro, mwisebya ababyeyi ntago icyo tureba cyambere kubana bagiye kubana ari ibintu ni urukundo, ubupfura n’ubumuntu.

milindi yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

Abakobwa baragowe, ariko mwaduhaye agaciro, iteka ni abakobwa gusa bagaragaza ko bakunda ibintu, naho abasore se bo ntibabikunda? aho usanga iteka bikanga ko ubakunze akurikiye ibintu rimwe na rimwe ugasanga ntanibihali, wowe uhora wikanga ko bagukurikiyeho ibintu niwowe ubikunda kurusha abantu bose, nimujye muha bashiki banyu agaciro, nabo bafite imbaraga zo gukora.

ibyanone yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

ibi muvuga murabizi? kubakira kwasobukwe ntakibazo kirimo, ko wakubakira abandi se, hanyuma umuntu akumva atakubakira kwa sebukwe bagatura heza.

UMWALI yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

abakobwa byo basigaye badukura bagakabya!

kush yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

Ariko ntabwo umugabo yakubakira iwanyu kuko ubimubwiye, ahubwo wareka akibwiriza abishatse, kuko niyo yabubakira nubundi sikiguzi ngo arakuguze, kuko ntaca gura umuntu. ikingenzi nuko mwaba mukundana by’ukuri.

Julik yanditse ku itariki ya: 22-09-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.