UBURAMBE MU KAZI BUKOMEJE GUTESHA AGACIRO UBUMENYI BW’ABAKIRANGIZA AMASHURI BASHAKA AKAZI

Ibitekerezo   ( 4 )

ariko icyo kibazo cyabantu barangiza amashuri ntibabone akazi gasa back ground iri strong mujye mugerageza kugisobanura neza. mubisanzwe hari akazi umuntu ukirangiza amashuri atagomba gushingwa.bareke gusakuza bidafite facts ahubwo bamenyeko bagomba guhera kuntango mbere yo kurira ingazi.ese kuki umuntu urangije agahembwa angana nayukoze 20ans banganya diplome kandi bakora akazi kamwe ko bataravugako baryamira abatanze kubona izuba? kuki batabaza ako karengane? ahubwo urubyiruko rwubu sinamenya icyo biga.barareba kunda zabo gusa ntabundi busesenguzi.

gakire yanditse ku itariki ya: 19-04-2015  →  Musubize

birakwiye ko ministere ibishinzwe yaha amahirwe fresh graduates nabo bagahangana kko ntiwabona uburambe utakoze. if not abakirangiza bizajya bibagora kubona akazi.

Gilbert yanditse ku itariki ya: 19-04-2015  →  Musubize

NUkuri nukuri hakenewe ubuvugizi munzego zibishinzwe.

Alias turabashimiye yanditse ku itariki ya: 18-04-2015  →  Musubize

Ukogutesha Agaciro Kuki Kuba Ndikwakagombyekuba Kuko Burimunyarwanda Numunyarwandakazi Indego Nuguteza Imbere Igihugu,mbereyokumuha Akazi Hajyehaba Isuzumabumenyi,arikonubundibisanzwebikorwasinzimbamvu Byibazwaho.

Alias yanditse ku itariki ya: 18-04-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.