
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Minisitiri w’Ubutabera wa DRC ari kugererwa mu kebo yagereyemo abandi
Intambwe muteye ni igishoro mu mutekano - Dr. Edouard Ngirente
Igikombe cya 10 cya shampiyona, Police intsinzi yayibyiniye ku mazi (Amafoto)
Dore urutonde rw’ibirwa by’u Rwanda wemerewe guturaho
byaba aribyiza zikoreshwa mumasomo naho ubundi ntawabivamo nawa whats up irihanzaha
njyewe ndibaza ese kuki aho kugirango umunyeshuri yemererwe phone ku ishuli kuki ministeri itashyize ama telephone ya figise kubigo by’amashuri ko njye mbona aribyo byari gufasha abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abanyeshuri muri rusange. njyewe mbona abanyeshuri rwose babemereye ibibangiza mumyigire yabo simpamya ko bose banganya ubushobozi kuburyo bitazakurura ubujura n’imico mibi yo kubeshya ababyeyi kugirango bibonere za smart phone
Njye Ndi Umwalimu, Uburyo Bisobanurwamo Usanga Ukurikije Aho Technology Igeze Telephone Yakenerwa Ariko Ntagihamyako Izakoresha Igikenewe Koko.Kuko Management Y’abana Biki Gihe Iragoye Cyane Ashobora Kwitwaza Research Kd Arimuri Chating Cg Ibindi.Nge Mbona Arukwikoreza Umutwaro Aboyozi B’ibigo N’Abashinzwe Discipline.Murakoze
yego koko mugihe zakoreshejwe neza zaba iterambere.