Telefone mu mashuri yaba ari iterambere?

Ibitekerezo   ( 4 )

byaba aribyiza zikoreshwa mumasomo naho ubundi ntawabivamo nawa whats up irihanzaha

munyanziza patrick yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

njyewe ndibaza ese kuki aho kugirango umunyeshuri yemererwe phone ku ishuli kuki ministeri itashyize ama telephone ya figise kubigo by’amashuri ko njye mbona aribyo byari gufasha abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abanyeshuri muri rusange. njyewe mbona abanyeshuri rwose babemereye ibibangiza mumyigire yabo simpamya ko bose banganya ubushobozi kuburyo bitazakurura ubujura n’imico mibi yo kubeshya ababyeyi kugirango bibonere za smart phone

alias yanditse ku itariki ya: 20-08-2015  →  Musubize

Njye Ndi Umwalimu, Uburyo Bisobanurwamo Usanga Ukurikije Aho Technology Igeze Telephone Yakenerwa Ariko Ntagihamyako Izakoresha Igikenewe Koko.Kuko Management Y’abana Biki Gihe Iragoye Cyane Ashobora Kwitwaza Research Kd Arimuri Chating Cg Ibindi.Nge Mbona Arukwikoreza Umutwaro Aboyozi B’ibigo N’Abashinzwe Discipline.Murakoze

Safari Papias yanditse ku itariki ya: 20-08-2015  →  Musubize

yego koko mugihe zakoreshejwe neza zaba iterambere.

bizimana fidele fidempa yanditse ku itariki ya: 20-08-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.