Ibitenge ni imwe mu myambaro y’ababyeyi ariko muri iy’ iminsi bamwe mu bategarugori bavuga ko ari ibyabakecuru ugasanga rimwe na rimwe ntibyambawe.
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Ibitenge ni imwe mu myambaro y’ababyeyi ariko muri iy’ iminsi bamwe mu bategarugori bavuga ko ari ibyabakecuru ugasanga rimwe na rimwe ntibyambawe.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
U Rwanda rwamaganye ibirego bya Amerika
Abarimo barangiza ibihano nibatugane tubafitiye imbabazi - Uwarokotse Jenoside
Ibigo by’imari byatangiye gutegura inguzanyo igenewe abafite ibikorwa biciriritse
Abatuye ahateye impungenge muri ibi bihe by’imvura baraburirwa
Rwose uretse umuco no kwihesha agaciro bigenda bikendera mu babyeyi. Kwambara ubusa ntabwo byari bikwiriye. Umutegarugori nyawe urerera u Rwanda akwiye kwambara akikwiza. Igitenge rero kimwe n’indi myambaro yose ishyigikira kwiha agaciro.Amen
Ndi umunyabugeni nkawe, Komereza aho,ugenda utera imbere mugushushanya aho watangiriye siho ugeze.
Baca umugani ngo uwiba ahetse aba abwiriza uwo mu mugonga.
Mbese uriya mubyeyi wiyambithe kuriya azaha ubuhe uburere umwana we w’umukobwa? Dore ngibyo ibyeze muri iyi minsi babyeyi. Ndetse ibi mubona ni intangiriro, ikizakurikiraho ni ukwambara ubusa.