Kiriziya gatulika ni rimwe mu idini abantu benshi bumva ko ryoroshya ubuzima, aho usanga muri iyi minsi bamwe mu baturage bajya gusezerana imbere y’IMANA batwite bakerekeza mu kiliziya, ubu naho byarahindutse.
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
Kiriziya gatulika ni rimwe mu idini abantu benshi bumva ko ryoroshya ubuzima, aho usanga muri iyi minsi bamwe mu baturage bajya gusezerana imbere y’IMANA batwite bakerekeza mu kiliziya, ubu naho byarahindutse.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Gicumbi FC yagarutse mu Cyiciro cya mbere nyuma y’imyaka itatu
IBUKA yagaragaje ibikibangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda
Rayon Sports izahura na APR FC ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Perezida wa Guinea-Conakry arasura u Rwanda kuri uyu wa Kane
Kuki abasore n’abakobwa bacu rwose nibashyire ubwenge ku gihe. Kandi n’abantu bakuru babibashyigikiramo bamenye ko ari umwanda. Turetse no kuzanamo iby’ubukristu kuryamana mbere y’uko ubukwe buba rwose ni umwanda. None se umunyarwanda ntiyaririmbye ngo AGASEKE KARAPFUNDIKIYE NZAGAPFUNDURA ARI UKO UJE? Babyanga babyemera ntabwo bikwiye na gato. Iyaba nashoboraga guhishura uko abasore n’abakobwa basezerana bitwaye muri fiancailles nakwitabiriye ubukwe buke cyane.Ngo AVANCE? Un mot que je n’aime pas entendre. Ijambo mba ndashaka kumva.
its high time religions thought of helping people repent and make things right instead of denying them a right and encourage them to go on sinning.What of those that wed when one month pregnant?.Let our spiritual leaders think of other ways to stop youth from fornication.....
nonese buriya bataba sezeranyije hari ikibazo baba bacye muye? ubwo batandukanye ntibashakane Imana ntiyazabibabaza?
arige nabasezeranya nkababwira yuko atari byiza kuryamana batarashakana.
nonese buriya bataba sezeranyije hari ikibazo baba bacye muye ubwo batandukanye ntibashakane Imana ntiyazabibabaza?
arige nabasezeranya nkababwira yuko atari byiza kuryamana batarashakana.MURAKOZE.
nonese buriya bataba sezeranyije hari ikibazo baba bacye muye ubwo batandukanye ntibashakane Imana ntiyazabibabaza?
arige nabasezeranya nkababwira yuko atari byiza kuryamana batarashakana.MURAKOZE.
utwite siwe uba yasambanye wenyine, niba bigize abagenzuzi, bazashake jumeri bajye bareba ibibera byose munsi y’ibisenge by’amazu. Gusambana sicyo cyaha cyo nyine, usanga aricyo bashyize imbera ukagira ngo ibindi byaha byavanywe mu rutonde. Amategeko y’Imana ni 10 nibayagenzure yose kandi nabo biherereho kuko mbere yo gukura igitotsi mu jisho rya mugenzi wawe, banza ukure umugogo uri mu jisho ryawe. Luka 6,41-42
41.Witegerereza iki akatsi kari mu jisho ry’uwo muva inda imwe, kandi umugogo uri mu jisho ryawe ukawirengagiza ? 42.Washobora ute kubwira uwo muva inda imwe uti ‘Muvandimwe, reka ngutokore akatsi kakuri mu jisho’, kandi ubwawe utareba umugogo uri mu jisho ryawe ? Wa ndyarya we, banza ukure umugogo mu jisho ryawe, hanyuma uzabone neza, ushobore gutokora akatsi kari mu jisho ry’uwo muva inda imwe.”
kiLIZIYE NI 1 ITUNGANYE KUKO NIO YONYINE IKOMOKA KU NTUMWA, IZINDI.............. INSECTS
haaaaa barakaniye nyine Kiliziya imwe ituganye ikomoka ku ntumwa barakaniye wangu
Nubwo ntawabashyigikira, ariko bihangane ni icyaha baragikoze kandi Nyagasani nta cyaha atababarira...
Bazabe abagarukira Imana bazakirwa. Ariko ibi byose biterwa no kutagisha inama
ariko kiriziya ko bayigize akarima kabanyabyaha di!!ifite amahame igenderaho abo batwite nibarebe ukundi babigenza basezerane kuko abagaturika barakaniye!da!big up kigalitoday
hahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahahhahahahahahahah imbavu zirahiye pe!hahahaahahahahahahah