
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara
Bishyiriyeho ikigega cy’Umudugudu kibafasha kwirinda gusesagura imyaka
Burera: Hari abakorera Poste de Santé basaba guhembwa ibirarane by’amezi 5
erega sibyacukumenya umunsingihe ukonukuri kwijambo ryimana ahubwonimuhore mwiteguye kukontawuzigihe nuyumunsiwa tungurwa uretseko imperukantizabankukwa bantubabi tereza izaba kabiri gupfakumuntu nabyonimperukaye cyagwa yeyu agarutse arikonyuma yubwobuzimabwose harubundi murikiristoyesu amina
intumwa zabajije yesu igihe isi izarangira arazibwi ati nawe ubwe ntawuzi usibye imana yonyi.kd ngo munsi yimperuka hazabaho abahanuzibibinyoma
ahubwo rwose uko mbyumva abantu bakwirakwiza ibihuha bakwiriy gufatwa bagahanwa
Imperuka nta gihe itaba, kuko imperuka n’igihe umuntu arangije ubuzima bwe hano ku isi, niyo mperuka y’umuntu bivugango isaha n’isaha buri wese yamugeraho
Bibiliya itubwira ko tuzatungurwa ntawuzi umunsi n’ igihe, ibyo barabikura he? uzi ubwenge yirinde gusesagura umutungo we ngo imperuka iraje.
ntawapfa kumenya ubwo c nitaba tuzamukorer ik?
barabesha imananiyo ibizigusa.
Si ubwambere bavuga imperuka bano bagabo bo mu ma torero.... Ubundi tuzi neza ko bishakira cash.
IMANA yonyine niyo izi umunsi isi izatumuka nku umumukunguu.ibindi ni gucuruza ikinyoma
Aba ni abahanuzi bibinyoma.utazi kwitegereza ibihe anyurikire kuri Bank yirere utwe nibucya mugitondo azaba arimo aririmba urwo abinye.