Intare zigeze mu Rwanda nyuma y’igihe kinini zitahaba

Ibitekerezo   ( 5 )

Nagira nshimire Africa yepfo kuba iduhaye izo Ntare ariko turasaba yuko impala zarindwa kuko urebye ukuntu arizo twakundaga hamwe na Zebra n’imbogo n’inzovu none ikibazo ni uko impala na zebra zigiye kuribwa nizo ntare

Jose yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

Izontare zaguzwe angahe ubwo se ntizishobora kunaniranwa nikirere zigapfa nizereko abaziguze basabye na guarentie

omar yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

lion king,akuna matata!!!!

alias yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

Hahahaha reba ukuntu bometseho kariya gapapuro mbere yo gukora photocopie!
"Ni Munange"
Ese hari handitseho iki mbere??????

cxcx yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

Ahhh ariko we mubonye imbuto mubiba kabsa nizimarakuryabantu muzicuza kuzisunizayo bitagishoboka kuko mbona ama park yacu arimato ugereranije naho zivuye ahubwo nkeka ko muzanye ibyonnyi too

Noel yanditse ku itariki ya: 30-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.