Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Guhindura imyumvire y’abaturage byatumye bamenya kwishakamo ibisubizo - Perezida Kagame
Nyaruguru: Umukingo wagwiriye abagabo babiri umwe ahasiga ubuzima
Perezida Kagame yihanganishije mugenzi we wa Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w’Ingabo
Somalia: Habonetse umuntu ufite impyiko enye
ni gato ariko kariza so? ni ukuvuga ngo ni ubwo uRWANDA ari ruto cyane si ruto mubitekerezo mu iterambere, umutekano... mugihe hari iihugu bigali ariko bya ntakigenda bifite umutuno kamere ariko ntibibashe kuwubyaza umusaruro. niyo mpamvu akavubi nubwo ari gato ariko gakaze mukudwinga kandi kicecekeye!
igitekerezo cyo guhindura izina mugisubize inyuma ahubwo mutubyire aho izina amavubi ryavuye .
Okeze hasi unyibutsa ibuye nange mpora nibaza impamvu yizina amavubi bikancanga. ubuse ivubi niyo ryaba rikaze gute ryakwigondera intare, inzovu, ingwe nibindi bikipe ntavuze? kukise batarihindura bakayita intore,indahangarwa,imena, nandi mazina meshi ashingiye kubutwari kuko turayafite menshi. ibyo byajya bitera abanyarwanda nabakinnyi ishema nishyaka ryo gukora cyane kugirango bagaragaze ko izina atariryubusa.so ntakwanga akwita nabi. Izina niryo muntu. Musesengure iyi migani muzambwira niba mwemera imigani nyarwanda kuko jye ndayemera cyane.
Iryo zina rwose ntakigenda. Ese ivubi nicyo kintu gikaze kiba mucRwanda?
Birakwiye gushaka izina rifatika.
wOW i LIKE YOUR CARTOON WA MUGANI WANYU iNGAGI NIYO IZWI DA
HANYUMA niba rero abitwa amavubi bashaka ko nabo bamenyekana bizabatwara imyaka myinshi cyane yuko dans notre pay Ingagi tuzi aho zitugejeje
nanone rero Equipe yacyu nishake izina rifite icyo risobanuye
ivubi rirakurya ukababara nyuma ndumva ukira yego ushobora no gupfa bivuzengo rero mukibuga bashobora gukina nyamara kugira icyo bakora bikaba ikibazo
...........................................................
Izina nta cyo ritwaye kuko siryo rikina.
nonese murashakuyitirihe? arikonanone ntiyakiswekuriya kuko ivubirirakurya ukababara byabangombw’ukarira.arikosayamavubiyo aharekadutegereze wendanayazaryana.
Ubu dushakako izina rya equipe yacu rihinduka kuko turi muri bishyashya,jyewe ntoye VOLCANS FC
None se murashaka ko yitwa ingagi ko ari yo mwashushanyijeho