Bamwe mu basore bavuga ko kuganiriza umukobwa w’umurokore ibyerekeye urukundo bibagora cyane.
Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Bamwe mu basore bavuga ko kuganiriza umukobwa w’umurokore ibyerekeye urukundo bibagora cyane.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Umugore yamenesheje amagi agahanga k’umwana we bimuviramo icyaha
Ingurane mbere ya byose - Abadepite ku bijyanye no kubaka ibikorwa remezo
Umuhanda Kigali-Muhanga ntugikozwe mu ngengo y’Imari 2025-2026
Menya Papa Leo XIV watowe
Nibigoryiabakobwabubu
abakobwa bubu ninkunguzi ntibateretwa ahubwo basigaye aribo biteretera
Kigalitoday mufite udukoryo kabisa!
abarokore bariho pee ahubwo ababyiyitirira babivemo kuko hari ingororano kubakiranutsi
Ariko ijambo umurokore risobanura iki? ryaturutse he?
umurokore abaho
KUKI MUVUGA ABACHRISTO CYANE?BO NTIBAREMWE NKABANDI,KANDI IBYO BINTU BIRAKENERWA NO MUKUBAHO KUMUNTU,KANDI NTA ARBITRE UBA HAGATI YABABIRI BAKUNDANYE,NABO RERO BAREBIKORA,IKIBI NI NGESO KANDI BIKORWA MWIBANGA OK?
abakobwa bagora cyane gutereta ni Abayehova, arakubwiriza gusa, ariko ntiyemera ko muba inshuti utari Umuyehova nkawe kuko ntiyemera no kukuvugisha, n’Umuhungu w’Umuyehova yibeshye akamubwira ibyo guteretana atari ukugirango bazabane aramurega bakamuca mu itorero. kandi Umuyehova wese iyo abonye Umuyehova ateretwa n’utari Umuyehova cg Umuhungu w’Umuyehova atereta umukobwa utari Umuyehova aramurega nawe bakamuca mu itorero! Nta mikino bagira!
Karaha we,reka kubeshya, reka no gusebanya!!Urihandagaje ngo Nta murokore ukibaho! Wabyanga wabyemera,Haracyariho uduhumbi ducye tutarapfukamira Baali kuko nta Bapfira gushira!! Ubwo abo uvuga warongoreye mu malodges ya fake cyane si abarokore, ni abapagane nkawe bahungiye mu rusengero!! Abo ntaho mutaniye!! Uburokore si idini, ni imyitwarire!! Ubwo rero abo bawe bitwara nkawe, si abarokore, ariko hari abandi Imana yizigamiye, abo rero niyo wateka ibuye rigatota, nta n’inyinya bakwereka!!
Nta murokore ukibaho! Usanga abo biyita abarokore ari bo barangiye kera! Imyobo yarabaye nk’iyinyaga! Abenshi barangijwe nababigisha indirimbo muri izo za chorale nabapasiteri! Ibintu ni danger bene data! Byenda ntibajya mu tubyiniro kubera isura itabibemerera ariko tubarongorera mu malodges ya fake cyane!!
Mwebwe se mwakijijwe mukajya mwatereta? Usanga ibihungu by’ibipagani bimara gusambanya abakobwa bose bari hanze aha, biti noneho reka tujye no mu barokore wenda ho umuntu yabonamo umuzima!
gusoma inkuru