Ese koko nibyo?

Biri kuvugwa ko umuhanzi Jay Polly ari mukababaro ko kuba ataratorewe kujya mu irushanwa rya Primus Gum Guma Super Star ku nshuro ya gatatu kubera abanyamakuru b’imyidagaduro.

Ibitekerezo   ( 5 )

None se abanyamakuru b’imyidagaduro bo bamurushije icyi? None se muri PGG niba hajyamo abakundwa n’Abanyamakuru gusa ubwo iriya PGGSS yo yumva igana hehe? Nibisubirwemo hashakwe izindi nzobere zo gutoranya n’aho abanyamakuru (ndavuga ab’imyidagaduro)barareba inda zabo gusa. Wenda ntacyo yabapangiye nk’Uko n’abandi babikora

yanditse ku itariki ya: 20-03-2013  →  Musubize

ahubwo vuga ko yazize umunwa weeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee

kiki yanditse ku itariki ya: 14-03-2013  →  Musubize

j polly ni indicipline ni yumve aratukana yahaze itabi se ngo ntagomba kuvamo niyihangane abonko byose bishoboka

gatama yanditse ku itariki ya: 13-03-2013  →  Musubize

H.E ajya avuga ngo umuntu niwe wihesha agaciro (Value), y’umuntu burya n’ikintu gikomeye. Values z’abanyamakuru n’izihe? Akenshi nsigaye mbona hasigaye harimo ibintu byo guhangana, gutukana, gusebanya. Barangiza ngo itangaza makuru riba ryanizwe. Yego J.Polly yababwiye nabi, ariko niyo waba wanga urukwavu ntiwajyaho ngo uvuge ngo rwasigwa n’akanyamasyo. Ibyo babyita amarangamutima. Umunyamakuru yatangaza ate inkuru y’ukuri niba agera ku kintu gitukura akakita ubururu ngo kubera ko ariko abishaka. Byatumye ngerageza kumva ibiganiro byabo banyamakuru, no gukora za analyses.Urwego rw’itangaza makuru ryacu cyane cyane imyidagaduro, ruri hasi cyane.

Rukaka Kiki yanditse ku itariki ya: 12-03-2013  →  Musubize

RWOSE J.Polly yazize abanyamakuru!.....

DAY-1 yanditse ku itariki ya: 12-03-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.