Dore uko bigendekera abanze kwisiramuza

Ibitekerezo   ( 10 )

ark jye numvako kwisaramuza ntanyungu nyinshi irimo kuko abatubyaye ntibabikoze kdi ntitubarusha gukora akazi kose. mureke guta piece imana yabahaye wana.

Ndayisabye sylvain yanditse ku itariki ya: 14-10-2020  →  Musubize

Ahubwo se umwana bahise bamusiramura ntibyatuma akantuke kadakura?

NZABANITA xavier yanditse ku itariki ya: 12-07-2019  →  Musubize

Babikorera angahe?

alias yanditse ku itariki ya: 5-09-2016  →  Musubize

nibyiza kwisiramuza, Leta yagombye kubisaba ko umwa umaze ukwezi yajya ahita asiramurwa.

niyo yanditse ku itariki ya: 2-07-2015  →  Musubize

Utazi ibyiza byokwisiramuza ninde koko? abashimishwa nogukomeza kugira kiriya gihu nababwira iki. arkose ubundi bumva kitabavuna Arko uzikurya umwana warikatishije nibyambere.

MUGENZI yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

ariko murasetsa iyo ni piece kujisho uruhu rwaho rwangiritse none ngo iveho kwaba ari ukubura ubwenge nta piece wapfa kubona

AKA47 yanditse ku itariki ya: 1-07-2015  →  Musubize

Kwisiramuza bituma uwo mubikorana aryoherwa kurusha kd ni isuku

alias yanditse ku itariki ya: 30-06-2015  →  Musubize

Reka Nanjye Jyeyo Da

Abipar Christian yanditse ku itariki ya: 30-06-2015  →  Musubize

njye Mbona kwisiramuza ari byiza kuko bituma urushaho kugira umunezero mugihe kimibonano mpuzabitsina kandi Ulaba ufite amahirwe menshi yo kutandura indwara zifatira mu mibonano mpuzabitsina

bolingo yanditse ku itariki ya: 29-06-2015  →  Musubize

abwirwa benshi hakumva bene yo!

kanuma yanditse ku itariki ya: 29-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.