Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Nta na rimwe muzongera kubona Bagambiki abagambanira, byararangiye. - Minisitiri Dr Bizimana
Didier Deschamps ntazatoza u Bufaransa bukina na Norway kubera urupfu rwa nyina
Ambasaderi Busingye yakiriye Israel Mbonyi mbere y’igitaramo cye mu Bwongereza
Intumwa za Mali ziri mu rugendo shuri rurebana no gutahura abanyereza imari ya Leta
Oya bro ni byiza kwisiramuza
ark jye numvako kwisaramuza ntanyungu nyinshi irimo kuko abatubyaye ntibabikoze kdi ntitubarusha gukora akazi kose. mureke guta piece imana yabahaye wana.
Ahubwo se umwana bahise bamusiramura ntibyatuma akantuke kadakura?
Babikorera angahe?
nibyiza kwisiramuza, Leta yagombye kubisaba ko umwa umaze ukwezi yajya ahita asiramurwa.
Utazi ibyiza byokwisiramuza ninde koko? abashimishwa nogukomeza kugira kiriya gihu nababwira iki. arkose ubundi bumva kitabavuna Arko uzikurya umwana warikatishije nibyambere.
ariko murasetsa iyo ni piece kujisho uruhu rwaho rwangiritse none ngo iveho kwaba ari ukubura ubwenge nta piece wapfa kubona
Kwisiramuza bituma uwo mubikorana aryoherwa kurusha kd ni isuku
Reka Nanjye Jyeyo Da
njye Mbona kwisiramuza ari byiza kuko bituma urushaho kugira umunezero mugihe kimibonano mpuzabitsina kandi Ulaba ufite amahirwe menshi yo kutandura indwara zifatira mu mibonano mpuzabitsina
abwirwa benshi hakumva bene yo!