Dore uko bamwe mu babyeyi bandagazanya imbere y’abana

Ibitekerezo   ( 4 )

ubundi bibiliya ivuga ko nta mpamvu nimwe yagateye umugore kuzamura ijwi imbere yumugabo,ni uko rero nangye iyo anzamuyeho ijwi ndamuritura aba bagore biki gihe sinzi uko babaye.njye nkeneye inama kuko aransuzugura cyane,hagize umpa impanuro yaba akoze.

rutini yanditse ku itariki ya: 21-02-2016  →  Musubize

BABYEYI,
IYIBA MWARI MUZI IBIKOMERE BITERA ABANA....

C yanditse ku itariki ya: 1-12-2015  →  Musubize

Muraho neza! Nubwo ntazibana zidakomanya amahembe abashakanye bafite inshingano zo kubahana, buri wese akamenya ko aho uburenganzira bwe burangirira ariho ubwundi butangira. Ikindi kandi baba bakwiye kwibuka igihe barambagizanyaga cg indahiro imbere y’amategeko n’imbere ya Yehova.

Munyentore Frederic yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

BABYEYI TURABIZI KO NTAZIBANA ZIDAKOMANA AMAHEMBE ARIKO SI BYIZA KUBIGARAGARIZA ABANA KUKO BAKURA NABIpsychological disability NI NAYO MPAMVU MPANGAYIKIYE IGIHE KIZAZA KUKO NIDUKOMEZA KURERA GUTYA MU MINSI IRI BUZE MU RWANDA TURABA DUFITE IBYIHEBE BIDUTEZA IBIBAZO MURAKOZE.

Claude yanditse ku itariki ya: 24-11-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.