
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara
Bishyiriyeho ikigega cy’Umudugudu kibafasha kwirinda gusesagura imyaka
Burera: Hari abakorera Poste de Santé basaba guhembwa ibirarane by’amezi 5
ubundi bibiliya ivuga ko nta mpamvu nimwe yagateye umugore kuzamura ijwi imbere yumugabo,ni uko rero nangye iyo anzamuyeho ijwi ndamuritura aba bagore biki gihe sinzi uko babaye.njye nkeneye inama kuko aransuzugura cyane,hagize umpa impanuro yaba akoze.
BABYEYI,
IYIBA MWARI MUZI IBIKOMERE BITERA ABANA....
Muraho neza! Nubwo ntazibana zidakomanya amahembe abashakanye bafite inshingano zo kubahana, buri wese akamenya ko aho uburenganzira bwe burangirira ariho ubwundi butangira. Ikindi kandi baba bakwiye kwibuka igihe barambagizanyaga cg indahiro imbere y’amategeko n’imbere ya Yehova.
BABYEYI TURABIZI KO NTAZIBANA ZIDAKOMANA AMAHEMBE ARIKO SI BYIZA KUBIGARAGARIZA ABANA KUKO BAKURA NABIpsychological disability NI NAYO MPAMVU MPANGAYIKIYE IGIHE KIZAZA KUKO NIDUKOMEZA KURERA GUTYA MU MINSI IRI BUZE MU RWANDA TURABA DUFITE IBYIHEBE BIDUTEZA IBIBAZO MURAKOZE.