
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Minisitiri w’Ubutabera wa DRC ari kugererwa mu kebo yagereyemo abandi
Intambwe muteye ni igishoro mu mutekano - Dr. Edouard Ngirente
Igikombe cya 10 cya shampiyona, Police intsinzi yayibyiniye ku mazi (Amafoto)
Dore urutonde rw’ibirwa by’u Rwanda wemerewe guturaho
Ibi bibangamira ireme ry’ ubureze n’ uburenganzira bw’ umwana wavutse
ni uburenganzira bwabo mubareke bige
aha,naragenze ndabona ariko umuco waracitse pe! ubwose azaba atandukaniye he nu mugore?bajye babyara,bagaruke umwana yarakuze rwose.
Bagomba kwirukanwa nabandi bakaboneraho ntibabikore ngo bagire akamenyero ahubwo babasha mu bundi buryo
muraho neza mbashimiye ko mwashyizeho umwanya wo gushyiraho ibitekerezo.uko mbibona,mbona kwiga utwite bibangamira nyirabyo ahubwo kuba ufite umugabo nutamufite Bose nibamwe numva uwo byabangamira yaguma murugo ibye byakemuka agasubirayo kuko hari abiga batwite kandi bagatsinda
Keretse ari umugore ufite umugabo. Naho umukobwa yize atwite kwaba arugushyigikira ibibi.