Bimwe mu byo abakozi bapfa na ba nyirabuja

Ibitekerezo   ( 10 )

Karyarugo ziragorwa!

Hari ibigore byiyicarira imbere ya TV cg bikibeta kuri whatsap ntibyibuke ko abagabo badakwiye kugaburirwa n’ abakozi. Uwatanze care ni we mugore mu rugo.

Karyarugo n’aho yakwambara igunira narusha care nyirabuja, kazayenga nyine!
Hahahaha!!!

Le grand montagnard yanditse ku itariki ya: 13-10-2015  →  Musubize

Njye nibwira ko ari byiza ko bitunganya kabisa bagasa neza ariko bakwiye no kwibuka kwambara bakikwiza ndetse bagakora akazi kabo katarimo kurengera ngo bareshye ba shebuja. Igihe rero ba shebuja aribo ahubwo bashatse kubareshya bo bakwiye kubiyama hakiri kare kuko iyo babateye inda usanga babigarika cyangwa bakanahita babirukana. Ikindi n’iyo ba nyirabuja babimenye usanga bafata umukobwa bagahondagura shebuja akigendera agasiga uwo yashutse bamukubita uko bishakiye. Abagabo nibanyurwe n’abagore babo kandi nabo be kugwa mu mitego y’abakozi b’abakobwa bari hanze aha kuko bamwe muri bo nabo baba bifitemo bene izo ngeso zo gushaka kureshya ba shebuja. Bene abo kandi hari ubwo baba baramenyereye umwuga wenda na sida rugeretse. Mutabaye maso yabasenyera kandi akanabanduza umuryango ukaba urazimye. Babyeyi namwe reka mbagarukeho,abagabo ni abanyu si ab’abakozi banyu. Nimubiteho,mubakunde mubakorere ibikwiriye kandi mwiba abapfapfa abakozi nimwe mubazana si abagabo . Nimube maso bitarimo gufuha by’amafuti ariko ubundi nubona umukozi yifitemo iyo ngeso umwirukane amazi atararenga inkombe. Nta cyaruta ingo zanyu. Uko Imana ishima ko ziba nzima ni nako shitani azishinyikiye amenyo ngo azisenye

kundwa yanditse ku itariki ya: 12-10-2015  →  Musubize

Ni byiza ko baza bakarabye basaneza

petero nzukira yanditse ku itariki ya: 11-10-2015  →  Musubize

Ningombwa kandi ni ibyigiciro kuzana amafunguro usa neza cyane cyane ko bitewe nuko abizanye ameze byagutera kubirya cyangwa se ntubirye.Murakoze

tuyizere florence yanditse ku itariki ya: 18-05-2017  →  Musubize

Ahubwo se umukozi yantegurira asa nabi nkabirya! Agomba gusa neza nkizera isuku ye kabisa!

Marie Claudine yanditse ku itariki ya: 10-10-2015  →  Musubize

abakozi nabo tugomba kwibuka ko ari abantu kdi abenshi muri bo bakiri bato bagomba kugaragara neza imbere y’abababona kdi ibirungo by’umubira abifata kwa nyirurugo aha rero ni uruhare rw’abashakanye kumenya uburyo babana mu rukundo rwobo undi nawe azitabwa ho nuzamushima

MUCYO yanditse ku itariki ya: 10-10-2015  →  Musubize

ibingibi rwose aribyo byaba bibabaje njyewe ndumukozi ariko ntabyo tubona.

siboman aphrodis yanditse ku itariki ya: 10-10-2015  →  Musubize

UKOZE NEZA AKWIYE GUSHIMWA.MBONA BA MABUJA ICYABO ARI UKUGAYA GUSA.NTABWO ARI UMUCO MWIZA.

ALPHONSE NSABIMANA yanditse ku itariki ya: 10-10-2015  →  Musubize

banyirabuja bafuhira abakozibabo kuko babarusha gufata icyokurya gitomoye abagabobabo bakabifuza

kim yanditse ku itariki ya: 9-10-2015  →  Musubize

Niboba kwirakwiza amibe kubera umwanda njye byaranyobeye kbs.

RUKEBYA yanditse ku itariki ya: 9-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.