
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Rayon Sports izahura na APR FC ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Perezida wa Guinea-Conakry arasura u Rwanda kuri uyu wa Kane
Burkina Faso yatangiye gufatira ibirombe bya zahabu by’abanyamahanga
APR FC itsinze Police FC igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Karyarugo ziragorwa!
Hari ibigore byiyicarira imbere ya TV cg bikibeta kuri whatsap ntibyibuke ko abagabo badakwiye kugaburirwa n’ abakozi. Uwatanze care ni we mugore mu rugo.
Karyarugo n’aho yakwambara igunira narusha care nyirabuja, kazayenga nyine!
Hahahaha!!!
Njye nibwira ko ari byiza ko bitunganya kabisa bagasa neza ariko bakwiye no kwibuka kwambara bakikwiza ndetse bagakora akazi kabo katarimo kurengera ngo bareshye ba shebuja. Igihe rero ba shebuja aribo ahubwo bashatse kubareshya bo bakwiye kubiyama hakiri kare kuko iyo babateye inda usanga babigarika cyangwa bakanahita babirukana. Ikindi n’iyo ba nyirabuja babimenye usanga bafata umukobwa bagahondagura shebuja akigendera agasiga uwo yashutse bamukubita uko bishakiye. Abagabo nibanyurwe n’abagore babo kandi nabo be kugwa mu mitego y’abakozi b’abakobwa bari hanze aha kuko bamwe muri bo nabo baba bifitemo bene izo ngeso zo gushaka kureshya ba shebuja. Bene abo kandi hari ubwo baba baramenyereye umwuga wenda na sida rugeretse. Mutabaye maso yabasenyera kandi akanabanduza umuryango ukaba urazimye. Babyeyi namwe reka mbagarukeho,abagabo ni abanyu si ab’abakozi banyu. Nimubiteho,mubakunde mubakorere ibikwiriye kandi mwiba abapfapfa abakozi nimwe mubazana si abagabo . Nimube maso bitarimo gufuha by’amafuti ariko ubundi nubona umukozi yifitemo iyo ngeso umwirukane amazi atararenga inkombe. Nta cyaruta ingo zanyu. Uko Imana ishima ko ziba nzima ni nako shitani azishinyikiye amenyo ngo azisenye
Ni byiza ko baza bakarabye basaneza
Ningombwa kandi ni ibyigiciro kuzana amafunguro usa neza cyane cyane ko bitewe nuko abizanye ameze byagutera kubirya cyangwa se ntubirye.Murakoze
Ahubwo se umukozi yantegurira asa nabi nkabirya! Agomba gusa neza nkizera isuku ye kabisa!
abakozi nabo tugomba kwibuka ko ari abantu kdi abenshi muri bo bakiri bato bagomba kugaragara neza imbere y’abababona kdi ibirungo by’umubira abifata kwa nyirurugo aha rero ni uruhare rw’abashakanye kumenya uburyo babana mu rukundo rwobo undi nawe azitabwa ho nuzamushima
ibingibi rwose aribyo byaba bibabaje njyewe ndumukozi ariko ntabyo tubona.
UKOZE NEZA AKWIYE GUSHIMWA.MBONA BA MABUJA ICYABO ARI UKUGAYA GUSA.NTABWO ARI UMUCO MWIZA.
banyirabuja bafuhira abakozibabo kuko babarusha gufata icyokurya gitomoye abagabobabo bakabifuza
Niboba kwirakwiza amibe kubera umwanda njye byaranyobeye kbs.