
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Rayon Sports izahura na APR FC ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Perezida wa Guinea-Conakry arasura u Rwanda kuri uyu wa Kane
Burkina Faso yatangiye gufatira ibirombe bya zahabu by’abanyamahanga
APR FC itsinze Police FC igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Guhisha Aho Utuye Siwo Muti Wibibazo Kuko Atari Wowe Uba Warahahisemo.
Bajye bivugira ko ntamuntu wihitiramo inkomoko se? Imana niyo ibitegura byose.
Ngo iki? ko abatuye Kicukiro se batajya bahisha aho batuye, ku kicukiro muzi aho bituruka.
abo ni abagabo cyane, ariko uzi kuvuga ngo ntuye muri Bannyahe? uhita wibaza aho hantu uko hasa, uhita wumva nyine.......umwanda ahantu hose
Harya ubwo abo baba bavunwa niki? uramutse se umenye aho batuye byatwara iki?
Abo nibabandi bahisha n’inkomoko, baba baraje i kigali bakuze ariko wababaza bakakubesha, ibi ni ukutiyakira.
Byaba bibabaje iyo umuntu ahisha aho atuye, sinibaza ko biterwa naho ariho cyangwa izina cg uko hasa, ahubwo ntekereza ko biterwa no kuhahisha uwo bari kumwe atamushaka murugo kuzamusura.
@Umulisa...Ntibaterwa ipfunwe n’izina...baterwa ipfunwe n’uko hameze!....cg uko hazwi (stereotype)...like an area known to be for poor people...cg ahazwi ko ari akajagari etc...
Hhhhh ahbwo ndabona aridangera
Numva nta mpamvu yo kugira ipfunwe ryaho utuye. kuko si wowe uba warahise iryo ryina, wasanze ariko hitwa, niba hitwa tumanure imbabura bivuge ntacyo wishisha kuko niko wabisanze. nta mpamvu rwose.