Amakimbirane mu miryango!

Abantu bamwe baribaza impamvu mu miryango ya bamwe na bamwe igaragaramo amakimbirane ndetse hakavamo impfu.

Ibitekerezo   ( 2 )

Amakimbirane ntabwo ateze gucika ahubwo azakomeza yiyongere kuko niho isi yose igana, Satani yinjiye mu miryango arayivanga, yinjira mu bagore bahinduka intumva, abagabo bahinduka ibirara, guca inyuma y’abashakanye bimaze kuba nkaho byemewe n’amategeko kuko ntawukibitinya, igisubizo n’ukumenya Imana kandi tukareka guha umwanya abashaka kudusenyera cyane abagore kuko inama zabo ziba ari amafuti gusa, urukundo rusaza vuba narwo turwiyame kuko iyo udakomeza gukunda uwo mwashakanye urugo ruhinduka gereza hakaviramo kwangana no gusenya duca inyuma y’abo twashakanye. Musenge Imana izabafasha mwese kuko ntakiyinanira.

BABA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013  →  Musubize

Amakimbirane mungo cyanecyane hagati y’abashakanye aterwa no kugira inda nini, irari, kutanyurwa, kwikunda cyane no kwikubira byose bikabije,kubyara abana mudashoboye kurera, gucana inyuma kw’abashakanye,...

Igisubizo cyabyo ni ikihe? Ngaho nihagire unyunganira, maze twese dufatanye kugishakira umuti.

Kibwana yanditse ku itariki ya: 25-04-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.