Abantu bamwe baribaza impamvu mu miryango ya bamwe na bamwe igaragaramo amakimbirane ndetse hakavamo impfu.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Abantu bamwe baribaza impamvu mu miryango ya bamwe na bamwe igaragaramo amakimbirane ndetse hakavamo impfu.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
RPL: Rayon Sports itsinze Kiyovu Sports, Police FC itangira itsinda Rutsiro FC (Amafoto)
Ibicuruzwa bijya muri RDC byarenze 20% y’ibyo u Rwanda rwohereza hanze
Banki ya Kigali na ARCOS mu bufatanye mu kurengera ibidukikije
Kigali yagaragajwe nk’igicumbi cy’imitangire inoze ya Serivisi muri Afurika
Amakimbirane ntabwo ateze gucika ahubwo azakomeza yiyongere kuko niho isi yose igana, Satani yinjiye mu miryango arayivanga, yinjira mu bagore bahinduka intumva, abagabo bahinduka ibirara, guca inyuma y’abashakanye bimaze kuba nkaho byemewe n’amategeko kuko ntawukibitinya, igisubizo n’ukumenya Imana kandi tukareka guha umwanya abashaka kudusenyera cyane abagore kuko inama zabo ziba ari amafuti gusa, urukundo rusaza vuba narwo turwiyame kuko iyo udakomeza gukunda uwo mwashakanye urugo ruhinduka gereza hakaviramo kwangana no gusenya duca inyuma y’abo twashakanye. Musenge Imana izabafasha mwese kuko ntakiyinanira.
Amakimbirane mungo cyanecyane hagati y’abashakanye aterwa no kugira inda nini, irari, kutanyurwa, kwikunda cyane no kwikubira byose bikabije,kubyara abana mudashoboye kurera, gucana inyuma kw’abashakanye,...
Igisubizo cyabyo ni ikihe? Ngaho nihagire unyunganira, maze twese dufatanye kugishakira umuti.