Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Perezida Kagame yihanganishije mugenzi we wa Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w’Ingabo
Somalia: Habonetse umuntu ufite impyiko enye
Ibyo ukwiriye kumenya kuri ‘Scorpion’, agasimba gafite ubumara bwica
Afurika y’Iburasirazuba ishobora kwibasirwa n’ibiza
iki ni igishushanyo si ifoto,si ukuri,ariko bavuga ko umugani ugana akariho,
si inkuru igamije gusebya abakozi bimana ba nyabo, gusa ndabona itunga agatoki abiyitirira umurimo w’Imana,
muri iyi minsi ya nyuma twumva inkuru nyinshi zirimo ibiteye isoni byakozwe n’abiyitirira YEHOVA IMANA Y’UKURI kandi ahubwo bayobowe n’imbaraga z’umwijima,ibitubaho twese siko tubivuga;
AHUBWO uzashushanye wereka n’ukuntu abakristu bagomba gushikama muri iyi minsi bagashishoza bakanamba k’ukuri kwa bibiriya
Ahubwo jyewe umuntu wayanditse nzajya musengera buri munsi……akire amarangamutima apfuye agiye amarangamutima mazima kuko ariyo yubaka
@ Brave, humura ibintu nkibi ntugatangazwe nuko byandikwae
kuba byonyine ari ibishushanyo bikwemeza ko ikuru nawe avuga atayihagazeho, iba yuzuye ibinyoma gusa, kandi igihe cyose tukiri mu isi ibi tugomba guhura nabyo ahubwo bitabayeho nicyo cyaba gitangaje, no ku gihe cya Yesu hashize imyaka myinshi ibi byabagaho, ibi bitabayeho nicyo cyaba ari igitangaza, yemwe nubwo yaba ari ifoto yafashe nayo majwi yayifatiye jya uhita ubiha ukuri guke, wishimire ko bibayeho, ibi nibyo biryo byabemera Yesu Kristo nk’umwami n’umukiza. iyo utsinze ibi uhita wumva ko urugendo urimo uruhagazemo neza.
Ariko abantu ntimugakunde gusebanya, nkibibintu wowe uba wabyanditse uba ubifitiye gihamya, hari aho wagiye gusengera cg ngo ujyane uwawe gusengerwa hanyuma bakagusubiza inyuma, hanyuma ukinjira ugasanga impamvu bagusubizaga inyuma ar’uko harimo umukobwa? abantu mujye mukunda ukuri, muvuge ibyo mwahagazeho ntimukaryoherwe no gusebanya, Imana ibagenderere, Niba wowe wandioka nkibi udashaka no kumenya Imana wubaha ibiremwa byayo, byibura ba Inyangamugayo urenge ikibi, upfe kugusebanya nkuku uzuke kukuvuga ibyiza,reba umwanya wafashe wandika Unashushanya isomo uhaye abasoma ni irihe? ubutumwa ubahaye se bwo ubufitiye gihamya?
Ibi byaba ari urukoza soni imbere y’imana na bantu, ni gute bakuzanira umurwayi ngo umusengere arebye ukavuga ngo bazamuzane ejo? woya rwose ababikora mwisubireho kuko mwaba mutukisha izina ry’imana.