Amafoto 20 ya "Rwanda Cultural Day" ushobora kuba utabonye
Yanditswe na
KT Team
Mu Mujyi wa San Francisco muri Leta ya Calfornia, hateraniye ibirori bya Rwanda Cultural Day, byitabiriwe na Perezida Kagame. Ubusabane ni bwose kandi haranatangirwa ibiganiro biganisha ku mwihariko w’u Rwanda.
Dore amafoto 20 twaguhitiyemo ushobora kuba utabonye:




















Ohereza igitekerezo
|
Nibyiza, kandi tugomba gukomera,kubyotwagezeho.
Mubyukuri urwanda rwacu rurihuta mu iterambere aho tugeze harashimishije mbese twabaye ba nkore neza baturebereho ahoooo.... banyarwanda banyarwanda kazi dukomereze aho mbifurije amahoro y’Imana.
Mubyukuri urwanda rwacu rurihuta mu iterambere aho tugeze harashimishije mbese twabaye ba nkore neza baturebereho ahoooo.... banyarwanda banyarwanda kazi dukomereze aho mbifurije amahoro y’Imana.
Mbega byiza!!! u Rwanda kuri ubu ni Icyitegererezo!!!!
twishimye cyane Muzehe wacu turamukunda kandi impanuro yatanze zitubere impamba y,iterambere
Nk’uko Nyakubahwa President wa Repuburika adahwema kwegera abanyarwanda, turamushimiye kandi turamushyigikiye murugamba rwo kwihesha agaciro no kugaragaza indangagaciro z’umuco nyarwanda.
Nk’uko Nyakubahwa President wa Repuburika adahwema kwegera abanyarwanda, turamushimiye kandi turamushyigikiye murugamba rwo kwihesha agaciro no kugaragaza indangagaciro z’umuco nyarwanda.
turishimye cyane natwe turakurikiye kuri radio