Muri Rwanda Day bahereye ku imurikabikorwa
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye Rwanda Day yo kuri uyu 3 Ukwakira 2015 mu Buholandi baramukiye mu imurikabikorwa ry’ibikorwa bitandukanye bigaragaza isura y’u Rwanda.
Dore uko bimeze mu mafoto

Aba bafataga amafunguro ya mu gitondo banisuganya ngo batangire imurikabikorwa.

Wabaye n’umwanya wo kumenyana no gusabana.

Abanyabugeni bamurika ibyo bakora.


Harimo n’abanyamahanga baje kumurikira Abanyarwanda ibikorwa byabo biteguye kuba bashoramo imari mu Rwanda.

Zimwe mu nganda zikomeye mu Rwanda na zo ziriyo.


Mu byo bamurika harimo n’ibigaragaza uko u Rwanda rwahoze n’uko rumeze ubu.


Ibigo bikomeye mu Rwanda harimo n’iby’itangazamakuru nabyo biriyo
K2D
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Amamara perezidawacu Abobanyarwanda bacu bari imahanga nabo ubahe Impanuronkizo utugezaho!Akazikeza.