Have Your Say...
Uyu ni umwanya wanyu wo kugira icyo muvuga kuri RWANDA DAY. Mushobora gukoresha aha habugenewe gutanga ibitekerezo cyangwa kubaza ibibazo kuri RWANDA DAY.
Turabashimiye.
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Uyu ni umwanya wanyu wo kugira icyo muvuga kuri RWANDA DAY. Mushobora gukoresha aha habugenewe gutanga ibitekerezo cyangwa kubaza ibibazo kuri RWANDA DAY.
Turabashimiye.
|
|
Mu minsi mikuru impanuka enye zahitanye batatu
Kwizera Olivier yiyongereye kuri Yannick BANGALA muri Rayon Sports
Perezida Ruto yambariye urugamba rwo kurwanya ubusinzi
CAN 2025: Perezida wa Gabon yahagaritse ikipe y’igihugu
ndabaramukije mwese ndanezerewe cyane kuba ndiko ndabibona online, jewe mba mu mbeho ya emi-sphere nord. ntaho ntashoboye kuja canada. Imana Irinde President wacu kandi imuhe ubwenge bundi, maze tugume dukora udushya abandi bazotwigane tugeze kure.
Mu Rwanda dusigaye dufite amazu meza kandi ahanitse bihagije, ayo ari kuri iyi page hejuru sa yacu, byaba byiza mu shyizeho ayacu yo muri Kigali bityo tukahakumbuza abadahaherutse.
Rwanda Day byaba byiza igiye ikorwa no mu bindi bihugu by’Africa kuko nabyo birimo abanyarwanda kandi bifuza kubona igihugu cyabo kiba recognizinga.